• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ubutumwa bw’amashusho Minembwe.com yahawe n’Abanya-Minembwe bugaragaza amazu yabo abarirwa muri mirongo ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zatwitse muri ibyo bice, kubera kwanga ubwoko bw’Abanyamulenge.

Ni nyuma y’ibitero iz’i ngabo zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe zagabye ku Kiziba no mu Muzinda, imihana ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ibyo bitero FARDC yabikoze ku wa gatanu mu gitondo cyakare. Muri ibyo bitero ni nabwo izi ngabo zakarengeye abaturage zabatwikiye amazu 25 yo mu Muzinda na Kiziba.

Ubwo butumwa bw’amashusho bugaragaza amazu amwe barayatwitse ibisenge, ayandi bariya basirikare barayabomaguye.

Mu kuyabomagura, bakoreshaga imihoro n’imititu y’imbunda ahandi bugaragaza ko bakoreshaga za singe.

Ubu butumwa ntaho bugaragaza ko hari amazu atari aya Banyamulenge yangijwe, kuko muri kamwe muri turiya duce hari amazu y’Abapfulero.

Ibyo FARDC yakoze mu Muzinda na Kiziba, ni byo kandi yari iheruka gukora mu byumweru bibiri bishyize , aho yatwitse inzu z’i Lundu 15, harimo izo mu muhana wo muri 8ème CEPAC n’i Lundu mu Bahinda.

Kurundi ruhande, Twirwaneho iracyakomeje kugenzura igice kimwe cya Kiziba icyo yigaruriye ku wa gatanu tariki ya 14/02/2025, ikindi gice kiracyarimo ingabo za FARDC.

Twirwaneho ira reba ikibuga cy’indege, n’ibitaro bya Kiziba ndetse nahaba amazu yo kwa Lt.Gen. Masunzu.

Nyamara kandi ingabo za FARDC ziri muri ibyo bice zikomeje guhunga zerekeza kwa Mulima.

Ubutumwa dukesha abaturiye ibyo bice bugira buti: “FARDC mu ijoro yikuye mu maka yabo. Bari guhunga.”

Iz’i ngabo zikaba ziri guhunga ibi bice nyuma y’aho M23 ifashe umujyi wa Bukavu ku wa Gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza.

Usibye mu Minembwe ahandi iz’i ngabo ziri kwikura zikerekeza iyo kwa Mulima ni mu Mikenke.

Ati: “Ejo abasirikare ba FARDC benshi barahunze berekeza epfo. Hamanutse 340. Naho mu Mikenke ngirango abahasigaye n’imbarwa. Abenshi baramanutse.”

Gusa hari abandi bakiri muri ibyo bice batarahunga, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Tags: AbanyamulengeAmazuFardcMinembweYatwitse
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yanenze ingabo za RDC.

I Burundi baburiwe kuba maso ngo kuko igitero kirabegereje.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?