• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 8, 2024
in Regional Politics
0
Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Repubulika ya demokarasi ya Congo yanze kujya mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Polisi y’u Bushinwa n’urwego ruhuza Polisi zo mu Bihugu 14 biri mu muryango wa Afrika y’i Burasirazuba.

Uyu muryango witwa Eastern Africa Police Chiefs Cooperation Organization (Eapcco).

Ubwo u Bushinwa bwateguraga inama y’ubufatanye na Afrika (Fococ) yabereye i Beijing kuva tariki ya 04 kugeza tariki ya 06/09/2024, bwari bwiteguye gutangiza ubufatanye na Polisi yo muri ibi Bihugu.

Leta y’u Bushinwa yiyemeje kujya igirana inama zihoraho n’abaminisitiri n’abo mu ihuriro ry’abaminisitiri n’abo mu ihuriro ry’abayobozi bo muri Polisi yo mu Bihugu bya Afrika y’i Burasirazuba 14(Eapcco).

Ibi u Bushinwa bwabitanzeho ubusobanuro, binyuze kuri minisitiri w’iki Gihugu, aho yavuze ko ibiganiro ku rwego rw’abaminisitiri n’abapolisi bizajya bibaho birebana no kurwanya ibyaha byambukiranya umupaka no kubaka ubushobozi bwa Polisi muri ako karere.

Kugira ngo ubu bufatanye bushoboke, byabaye ngombwa ko leta y’u Bushinwa igirana amasezerano na guverinema z’ibihugu byo muri aka karere by’itabiriye Focac.

Minisitiri w’umutekano w’imbere wa RDC wari mu Bushinwa , Jacquemain Shabani, yatangaje ko guverinema y’igihugu cyabo yanze gusinya kuri aya masezerano bitewe n’uko ngo ibihugu byo muri Afrika y’i Burasirazuba byanze kwamagana u Rwanda.

Impamvu minisitiri Shabani avuga ko ibi Bihugu byagombaga kwamagana u Rwanda ni uko Kinshasa irushinja kugaba ibitero muri iki Gihugu, nk’uko RDC ihora ivuga ko u Rwanda rwitwaza M23 rukagaba ibitero mu Burasirazuba bwa RDC, ibyo u Rwanda rwagiye rutera utwatsi, rugasobanura ko nta ngabo zarwo zagiye RDC, kandi ko rudashobora kwivanga mu makimbirane areba Abanyekongo.

Minisitiri Shabani asobanura ko nyuma yo kwanga gusinya kuri aya masezerano areba ibihugu by’akarere guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahisemo kugirana n’iy’u Bushinwa amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi , u Bushinwa na RDC.

Muri iyi nama yamaze iminsi itatu ibera i Beijing, hitabiriye ibihugu 53 byose byo muri Afrika havuyemo Eswatini ishyigikiye ubwigenge bwa Taiwan idacana uwaka n’u Bushinwa. Ibitarahagarariwe na ba perezida, byahagarariwe n’abaminisitiri.

              MCN.
Tags: RdcU RwandaYa Polisi y'u BushinwaYanze mu masezerano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mabi avuga ko minisitiri w’ubutabera muri RDC yafashwe n’uburozi.

Havuzwe amakuru mabi avuga ko minisitiri w'ubutabera muri RDC yafashwe n'uburozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?