• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 8, 2024
in Regional Politics
0
Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinsh wa menya kuri RDC yanze kuja mu masezerano ya Polisi y’u Bushinwa yitwaje u Rwanda.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Repubulika ya demokarasi ya Congo yanze kujya mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Polisi y’u Bushinwa n’urwego ruhuza Polisi zo mu Bihugu 14 biri mu muryango wa Afrika y’i Burasirazuba.

Uyu muryango witwa Eastern Africa Police Chiefs Cooperation Organization (Eapcco).

Ubwo u Bushinwa bwateguraga inama y’ubufatanye na Afrika (Fococ) yabereye i Beijing kuva tariki ya 04 kugeza tariki ya 06/09/2024, bwari bwiteguye gutangiza ubufatanye na Polisi yo muri ibi Bihugu.

Leta y’u Bushinwa yiyemeje kujya igirana inama zihoraho n’abaminisitiri n’abo mu ihuriro ry’abaminisitiri n’abo mu ihuriro ry’abayobozi bo muri Polisi yo mu Bihugu bya Afrika y’i Burasirazuba 14(Eapcco).

Ibi u Bushinwa bwabitanzeho ubusobanuro, binyuze kuri minisitiri w’iki Gihugu, aho yavuze ko ibiganiro ku rwego rw’abaminisitiri n’abapolisi bizajya bibaho birebana no kurwanya ibyaha byambukiranya umupaka no kubaka ubushobozi bwa Polisi muri ako karere.

Kugira ngo ubu bufatanye bushoboke, byabaye ngombwa ko leta y’u Bushinwa igirana amasezerano na guverinema z’ibihugu byo muri aka karere by’itabiriye Focac.

Minisitiri w’umutekano w’imbere wa RDC wari mu Bushinwa , Jacquemain Shabani, yatangaje ko guverinema y’igihugu cyabo yanze gusinya kuri aya masezerano bitewe n’uko ngo ibihugu byo muri Afrika y’i Burasirazuba byanze kwamagana u Rwanda.

Impamvu minisitiri Shabani avuga ko ibi Bihugu byagombaga kwamagana u Rwanda ni uko Kinshasa irushinja kugaba ibitero muri iki Gihugu, nk’uko RDC ihora ivuga ko u Rwanda rwitwaza M23 rukagaba ibitero mu Burasirazuba bwa RDC, ibyo u Rwanda rwagiye rutera utwatsi, rugasobanura ko nta ngabo zarwo zagiye RDC, kandi ko rudashobora kwivanga mu makimbirane areba Abanyekongo.

Minisitiri Shabani asobanura ko nyuma yo kwanga gusinya kuri aya masezerano areba ibihugu by’akarere guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahisemo kugirana n’iy’u Bushinwa amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi , u Bushinwa na RDC.

Muri iyi nama yamaze iminsi itatu ibera i Beijing, hitabiriye ibihugu 53 byose byo muri Afrika havuyemo Eswatini ishyigikiye ubwigenge bwa Taiwan idacana uwaka n’u Bushinwa. Ibitarahagarariwe na ba perezida, byahagarariwe n’abaminisitiri.

              MCN.
Tags: RdcU RwandaYa Polisi y'u BushinwaYanze mu masezerano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mabi avuga ko minisitiri w’ubutabera muri RDC yafashwe n’uburozi.

Havuzwe amakuru mabi avuga ko minisitiri w'ubutabera muri RDC yafashwe n'uburozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?