Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 14, 2025
in Regional Politics
0
Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.
159
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Captain Uwimana Eric warindaga inzu yo kwa Lieutenant General Pacifique Masunzu, iherereye ku Kiziba mu Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana. nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abivuga.

Kugeza ubu ntacyo iperereza rya gisirikare mu Minembwe riravuga ku bari nyuma y’urupfu rwa Captain Eric.

Ariko nk’uko iyi nkuru ibisobanura nuko ‘igihe c’isaha z’umugoroba wajoro z’aher’ejo tariki ya 13/01/2025, ku nzu yo kwa General Pacifique Masunzu humvikanye amasasu make, muri ako kanya bihita bivugwa ko yahitanye uriya murinzi.’

Ni amasasu yavuze umwanya muto cyane, nk’uko byakomeje gutangazwa.

Iyi nzu yo kwa Masunzu iri aha ku Kiziba, ibaho abasirikare babiri, Eric wapfuye n’undi mugenzi we. Usibye ko rimwe narimwe harigihe haza n’abandi, ariko uyu wapfuye ntiyakundaga kuhava.

Aba basirikare bombi, Eric na mugenzi we bakomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bakaba bamaze imyaka irenga icumi barinda iyi inzu kuko Eric we yatangiye kuyirinda ubwo Lt Gen Masunzu yatumwe i Kamina mu 2014.

Gusa, amakuru ataremezwa avuga ko uriya murinzi yarashwe n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe.

Ariko nyamara abaturiye ibyo bice bavuze ko abishe Captain Eric bamaze kumurasa barapoteya.

Ibyo bibaye mu gihe ku ya 19/12/2024, Lt Gen. Pacifique Masunzu ni bwo yahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za RDC, aho mu bice ayoboye birimo n’intara ziherereye mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: KizibaLt Gen MasunzuUmurinziYishwe Arashwe
Share64Tweet40Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura, mu marembo ya Goma byakaze.

Ibyo wa menya kuri raporo nshya y'umuryango w'Abibumbye igaragaza ububugome bw'Ingabo za Kinshasa n'abategetsi baho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?