• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2025
in Regional Politics
0
Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.
159
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Captain Uwimana Eric warindaga inzu yo kwa Lieutenant General Pacifique Masunzu, iherereye ku Kiziba mu Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana. nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abivuga.

Kugeza ubu ntacyo iperereza rya gisirikare mu Minembwe riravuga ku bari nyuma y’urupfu rwa Captain Eric.

Ariko nk’uko iyi nkuru ibisobanura nuko ‘igihe c’isaha z’umugoroba wajoro z’aher’ejo tariki ya 13/01/2025, ku nzu yo kwa General Pacifique Masunzu humvikanye amasasu make, muri ako kanya bihita bivugwa ko yahitanye uriya murinzi.’

Ni amasasu yavuze umwanya muto cyane, nk’uko byakomeje gutangazwa.

Iyi nzu yo kwa Masunzu iri aha ku Kiziba, ibaho abasirikare babiri, Eric wapfuye n’undi mugenzi we. Usibye ko rimwe narimwe harigihe haza n’abandi, ariko uyu wapfuye ntiyakundaga kuhava.

Aba basirikare bombi, Eric na mugenzi we bakomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bakaba bamaze imyaka irenga icumi barinda iyi inzu kuko Eric we yatangiye kuyirinda ubwo Lt Gen Masunzu yatumwe i Kamina mu 2014.

Gusa, amakuru ataremezwa avuga ko uriya murinzi yarashwe n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe.

Ariko nyamara abaturiye ibyo bice bavuze ko abishe Captain Eric bamaze kumurasa barapoteya.

Ibyo bibaye mu gihe ku ya 19/12/2024, Lt Gen. Pacifique Masunzu ni bwo yahawe kuyobora zone ya gatatu y’ingabo za RDC, aho mu bice ayoboye birimo n’intara ziherereye mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: KizibaLt Gen MasunzuUmurinziYishwe Arashwe
Share64Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura, mu marembo ya Goma byakaze.

Ibyo wa menya kuri raporo nshya y'umuryango w'Abibumbye igaragaza ububugome bw'Ingabo za Kinshasa n'abategetsi baho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?