Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 7, 2025
in Regional Politics
0
FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) mu ntara ya Ituri, kirashinja Thomas Lubanga wahoze ari inyeshyamba kurema umutwe witwaje intwaro mushya urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya RDC i Bunia muri Ituri, Lieutenant Jules Ngongo, aho yagaragaje ko Thomas Lubanga yaremye umutwe ubarwanya kandi ko yamaze no gushinga ubuyobozi bwawo.

Ati: “Lubanga yashyinze umutwe w’igisirikare urwanya ubutegetsi. Ni umutwe yamaze gushyiraho n’ubuyobozi bwawo, kuko Jokaba Rama niwe munyamabanga we mukuru naho Erick Kahigwa agirwa ushinzwe umubano wahanze na dipolomasi.”

Yasobanuye kandi ko uyu Lubanga mubamushigikiye harimo n’abadepite, aho yavuzemo uwitwa Charles Kanani na Ibrahim Tabani.

Uyu muvugizi w’igisirikare cya RDC i Bunia, yagaragaje kandi ko uriya mutwe w’igisirikare washyinzwe na Lubanga yawuhaye izina rya “Convention for Popular Liberation (CRP).

Sibyo gusa, kuko uyu mutwe, igisirikare kiwushinja gukorana byahafi n’umutwe wa m23, umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru.

Kiwushinja kandi gukorana n’indi mitwe itavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, nk’uwitwa Zaïre n’indi, nubwo yabihakanye ubwo yahaga itangazamakuru ikiganiro ndetse ahakana ubufatanye ubwo aribwo bwose n’umutwe wa m23.

Tags: IturiThomas LubangaUmutwe
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

Barashaka ku bwomeka ku Rwanda," ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?