• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) mu ntara ya Ituri, kirashinja Thomas Lubanga wahoze ari inyeshyamba kurema umutwe witwaje intwaro mushya urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya RDC i Bunia muri Ituri, Lieutenant Jules Ngongo, aho yagaragaje ko Thomas Lubanga yaremye umutwe ubarwanya kandi ko yamaze no gushinga ubuyobozi bwawo.

Ati: “Lubanga yashyinze umutwe w’igisirikare urwanya ubutegetsi. Ni umutwe yamaze gushyiraho n’ubuyobozi bwawo, kuko Jokaba Rama niwe munyamabanga we mukuru naho Erick Kahigwa agirwa ushinzwe umubano wahanze na dipolomasi.”

Yasobanuye kandi ko uyu Lubanga mubamushigikiye harimo n’abadepite, aho yavuzemo uwitwa Charles Kanani na Ibrahim Tabani.

Uyu muvugizi w’igisirikare cya RDC i Bunia, yagaragaje kandi ko uriya mutwe w’igisirikare washyinzwe na Lubanga yawuhaye izina rya “Convention for Popular Liberation (CRP).

Sibyo gusa, kuko uyu mutwe, igisirikare kiwushinja gukorana byahafi n’umutwe wa m23, umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru.

Kiwushinja kandi gukorana n’indi mitwe itavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, nk’uwitwa Zaïre n’indi, nubwo yabihakanye ubwo yahaga itangazamakuru ikiganiro ndetse ahakana ubufatanye ubwo aribwo bwose n’umutwe wa m23.

Tags: IturiThomas LubangaUmutwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

Barashaka ku bwomeka ku Rwanda," ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?