• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2025
in Regional Politics
0
FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo .

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) gikorera mu Bibogobogo, cyazindutse kija gufata abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bo muri ibyo bice, kibashinja gushigikira ibikorwa byo kwirwanaho.

Iki gisirikare kinyuze muri Col.Ntagawa Rubaba uyoboye batayo y’aba basirikare ireba aka gace ka Bibogobogo gasanzwe gatuwe n’Abanyamulenge batari bake, niwe wayoboye igitero cyagiye gufata abo basore b’Abanyamulenge.

Ahagana igihe c’isaha z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo Ntagawa yayoboye abasirikare bagabye kiriya gitero, akaba yakigabye mu gace gaherereyemo uwitwa Juvenenali uwo bashinja kuba ari we uyoboye ibikorwa byo kwirwanaho muri Bibogobogo.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanura igira iti: “Col.Ntagawa uyoboye batayo y’ingabo za FARDC mu Bibogobogo, yazindutse aja gufata uyoboye ibikorwa byo kwirwanaho, Juvenali. Kubwamahirwe yahageze asanga nawe ari teguye.”

Ikomeza ivuga ko nyuma y’aho ingabo zari ziyobowe na Col. Ntagawa zasanze abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bayobowe na Juvenili biteguye, zahise zisubira inyuma, ariko ko Imana ariyo yakinze ukuboko amaraso ntiyameneka.

Iyi nkuru ivuga kandi ko uyu musirikare wa FARDC yaba ashaka ko Leta y’i Kinshasa imugirira icyizere ikamwongerera “amapeti” binyuze “mugutoteza no guhiga bukware” abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bazwi nk’abirwanaho.

Ati: “Ntagawa ashaka kwihesha amanota meza muri FARDC, kandi azi neza ko yatsinzwe.”

Ahar’ejo kandi nibwo aha mu Bibogobogo hageze ingabo z’u Burundi, aho zaje ziturutse i Baraka. Bivugwa ko zari zaje ku kibazo cy’abasore birwanaho bo muri Bibogobogo, kandi ko zari zahamagawe n’abachefs bafatanyije na FARDC yaha muri aka gace. Kimwecyo ntacyo ziragaragaza usibye ko zakoranye inama n’igipolisi n’abachefs ndetse n’abasirikare, nyuma zihita zerekeza ahitwa mu Bijanda, aho zagiye ziherekejwe n’abapolisi.

Aka gace ka Bibogobogo gaherereye mu ntera y’ibirometero nka 70 uvuye muri centre ya Minembwe ahatuwe n’Abanyamulenge benshi; abasore baho bakumirwa mu gushigikira Twirwaneho n’igisa nayo. Ahanini babibuzwa n’abasirikare ba leta ndetse, n’igipolisi n’abandi Banyamulenge bakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Gusa, ibi byaranze kuko kugeza ubu hari abumva ko kwirwanaho bitazabura mu Banyamulenge aho baherereye hose muri Congo, mu gihe bataragera ku mahoro arambye.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize, Twirwaneho yafashe komine ya Minembwe n’inkengero zayo. Ni nyuma y’urugamba rukomeye rwayisakiranyije n’ingabo za Congo, aho zari zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR na Wazalendo, birangira bahunze muri aka gace ubundi kigarurirwa na Twirwaneho.

Kuri ubu FARDC n’abariya bambari bayo barahunze berekeza i yo kwa Mulima izakomeza i Fizi ku izone n’i Baraka na Uvira, nk’uko amakuru aturuka muri ibyo bice abivuga.

Tags: AbanyamulengeBibogobogoTwirwaneho
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma ya Minembwe, Twirwaneho yigaruriye ikindi kigo cya FARDC gikomeye.

Nyuma ya Minembwe, Twirwaneho yigaruriye ikindi kigo cya FARDC gikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?