• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

minebwenews by minebwenews
November 17, 2024
in Regional Politics
6
FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu Minembwe yongeye kurushyaho kurenza igipimo ibyo guhohotera abahaturiye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) ziri mu Minembwe mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zataye muri yombi madame Sosiyete nyuma yo kumushinja ibyaha byo kumuharabika, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Igihe c’isaha zigicamunsi cyo ku wa gatandatu, itariki ya 16/11/2024, nibwo madame Sosiyete yafunzwe.
Mu gufata uyu mugore nta cyaha nakimwe ingabo za FARDC zagaragaje.

Amakuru avuga ko ubwo zari zimaze kumugeza kuri brigade ya Minembwe nibwo za menyesheje ko uyu mudamu yafashwe ku mpamvu z’ibyaha bavuze ko ngo azagurisha amasasu, n’imbunda.

Umuturage wahaye MCN aya makuru ariko ku bw’umutekano we amazina ye agirwa ibanga, yagize ati: “Babanje ku mufunga nta motif ngo hari imbunda yagendeye muwe, ariko yamaze kugezwa kuri brigade bahindura ko azagurisha amasasu.”

Yashimangiye ibi avuga ko “arayemo. Ni muka Sositeni muto.”

Undi muturage wahaye MCN amakuru ku byifungwa rya madame Sosiyetene yavuze ko uyu mudamu yafatiwe mu rugo iwe, ndetse ahamya ko yahohotewe. Bityo ko iz’ingabo zishaka kurya utwe, dore ko ari umudamu wifite.

Ati: “Twe bariya turabazi, barashaka kumwambura. Kuriya banabona ari umudamu ufite amafaranga kubera ubucuruzi akora hano mu Minembwe, barashaka kwabaha ahasigaye akarekurwa. Niko babigenza n’abandi bazize ubusa niko byakozwe bagahita bafungurwa.”

Uyu mudamu akaba asanzwe afite amahotel akunze kuba anafite abakiriya, kuba rero afite ikimwinjiriza, bigakekwa ko FARDC ishaka kumwambura.

Ikibabaje uyu mudamu yafunzwe mu gihe umugabo we nawe amaze hafi amezi arenga arindwi afungiwe i Kinshasa. Ni mu gihe nawe yazize akarengane.

Ibyo guhohotera Abanyamulenge muri ibi bice byo muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira bigenda birushaho gufata indi ntera.
Abahaturiye barasaba kurenganurwa ngo kuko ibyo bamaze kubirambirwa.

Tubibutsa ko nta munsi wubusa, ingabo za FARDC mu Minembwe zidafunga abaturage zibaziza ubusa.

Tags: AbanyamulengeGufungaMadame SositeneMinembwe
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw'u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

Comments 6

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    PMID 21881041 Free PMC article priligy otc

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    Kang C C, Ward TM, Bockhorn J, Schiffman C, Huang H, Pegram MD, et al how to buy priligy im 16 years old Approaches to FET cycles include artificial cycles using a combination of estrogen and progesterone in different administration routes, or ovulatory- based treatments that aim to achieve optimal endometrial preparation for embryo transfer 7, 8, 9, 10

  3. Ensuent says:
    10 months ago

    The medical records of 359 patients with invasive breast cancer treated with LTZ with or without ANZ were reviewed buy priligy australia

  4. Ensuent says:
    10 months ago

    Cabozantinib for Previously Treated Radioactive Iodine Refractory Differentiated Thyroid Cancer On September 17, cabozantinib Cabometyx was approved for the treatment of adult and pediatric patients aged 12 years and older with locally advanced or metastatic differentiated thyroid cancer that has progressed following prior VEGFR targeted therapy and who are radioactive iodine refractory or ineligible priligy price Suppression of Lactation

  5. Ensuent says:
    10 months ago

    I don t take this easily priligy generic

  6. Ensuent says:
    10 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy 60[/url] The coupling of the techniques related to CE MEKC, MEEKC, CEC see Section 2

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?