• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Amakuru aturuka muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, avuga ko ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta, rwiyambaje indege z’intambara mu rugamba zihanganyemo n’umutwe wa M23, ariko biranga biba ibyubusa, uwo mutwe ukomeza kubambura utundi duce.

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa kane, tariki ya 26/12/2024, igisirikare cya RDC n’abambari bacyo cyakoresheje indege z’intambara zikaze, mu rwego rwo kugira ngo cyikize umutwe wa M23 ugize igihe warakizengereje.

Imwe mu ndege yavuzwe cyane FARDC irimo gukoresha mu gutera ibisasu mu bice byo muri teritware ya Masisi, bivugwa ko ari yo mu bwoko bwa Sukhoï-25.

Bikavugwa ko yarashe cyane ahitwa i Bitagara no mu nkengero zayo ho muri Grupema ya Ngungu muri Masisi.

Ni ubutumwa bwatanzwe nabakorera mu kwaha kwa Leta ya Kinshasa, aho umwe muri abo witwa Pacifique Masunzu kuri X yahoze yitwa Twitter, yagize ati: “Ibirindiro bya barwanyi ba M23, biri kuraswa n’indege y’intambara ya Sukhoï-25, nka hitwa Bitagara.”

Kimwecyo aba bakorera mu kwaha kwa Leta ya Kinshasa nta gace na kamwe bagaragaje FARDC yafashe nubwo bahamije ko ingabo zabo zirimo gukoresha indege zikomeye.

Ku rundi ruhande, umutwe wa M23 wo ukomeje kwigarurira ibice byinshi, ni mu gihe wafashe agace ka Mpeti gaherereye muri teritware ya Walikale, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Nanone kandi imirwano muri teritware ya Lubero irakomeje, aho umutwe wa M23 urimo kurwana usatira gufata isantire nini yo muri iyi teritwari.

Tubibutsa ko muri Lubero, ibyumweru bitatu bigiye gushyira hari kubera imirwano ikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Tags: FardcM23MasisiSukhoï -25
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba FARDC yashoye ku baturage ba Banyamulenge mu Minembwe, aka kanya, menya uko byifashe.

Urugamba FARDC yashoye ku baturage ba Banyamulenge mu Minembwe, aka kanya, menya uko byifashe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?