Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC na TAFOC, bakinishije Twirwaneho maze ibereka ko bamaze kurenga imikino y’Abana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 12, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byaketswe ko Maï Maï, FDLR n’Imbonerakure, bagabye ibitero bikomeye mu nkengero za Komine Minembwe, ko boba bari bafatikanije n’Ingabo za RDC zo muri Brigade ya 12, ikorera mu Mininembwe n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

You might also like

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Amakuru yizewe amaze kugera kuri Minembwe Capital News, avuga ko ziriya Ngabo za FARDC zo muri Brigade ya 12 n’Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Ngabo za TAFOC zisanzwe zifitanye amasezerano akomeye n’Igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ririya huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda bari bagabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, FARDC na TAFOC, bahise basaba Twirwaneho kubaha inzira ngo barase iriya mitwe y’Inyeshamba.

Ntibyatinze kuko Twirwaneho yahise ibaha inzira berekera mw’Irembo rya Kivumu, aho kurwanya iriya mitwe y’Inyeshamba yari yagabye ibitero mu baturage ba Banyamulenge, FARDC na TAFOC bahise batangira ku ganiriza iriya mitwe y’Inyeshamba ya Maï Maï, Imbonerakure z’u Burundi na FDLR.

Gusa ibi bya tumye Twirwaneho iva inyuma irwana intambara bise iya ma kundura. Ubu twandika, Inkuru y’ukuri n’uko Twirwaneho imaze kuvana Imbonerakure z’u Burundi, FDLR na Maï Maï, mu ndake barimo ku Kivumu.

Nimugihe n’ibitero byari byagabwe mu Rwingandura na Lumba , Twirwaneho yamaze kubisubiza inyuma.

Bruce Bahanda.

Tags: Bakinishije Twirwaneho maze ibereka ko bamaze kurenga imikino y'AbanaFARDC na TAFOC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC. Abasirikare batatu b'igisirikare cya Uganda baguye mu mpanuka y'imodoka yabereye mu mujyi wa Bunia mu ntara ya Ituri. Ni impanuka yatwaye...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ni we nyiribayazana w'ibibazo bitagura iherezo hagati y'igihugu cye n'icy'u Rwanda,...

Read moreDetails

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo zo mu mutwe wa TAFOC, basezeye, Abungeri b'Inka ba Banyamulenge, mu Cyakira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?