• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.

minebwenews by minebwenews
November 22, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, giheruka kwambikana n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, aho barwaniye mu bice byo muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi mirwano yabaye ku wa gatatu tariki ya 19/11/2024, ibera mu gace ka Mabambi, muri teritware ya Lubero.

Amakuru atandukanye avuga kuri iyi ntambara, avuga ko yatumye abaturage bava mu byabo barahunga, batinya ko ibintu byarushaho kuba bibi, berekeza mu duce turimo umutekano.

Abasirikare ba FARDC bari ahitwa Kalundu, mu birimetero 5 uvuye Mabambi yabereyemo urugamba, bateye uyu mutwe wa Maï Maï, bawukura mu birindiro byabo byari Vuzanze, bagenzuraga kuva mu ntangiriro z’uku kwezi.

Kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyasembuye iyi mirwano nicyatumye FARDC yihimura kuri Maï Maï.

Hari nandi makuru avuga ko ibikorwa byose by’abaturage byabaye bihagaze kuva ku wa Gatatu kugeza no mu gitondo cyo ku wa kane w’ejo hashize.

Ariko amakuru yatanzwe na sosiyete sivile ku gicamunsi cyo ku wa kane, yavuga ko ituze ryongeye kugaruka

Ku rundi ruhande, Maï Maï yari iheruka gutangaza ko itanzongera gutera ingabo z’igihugu(FARDC), ahubwo ko irajwe ishinga no kubanza guhashya umutwe wa M23 ufatwa nk’umwanzi mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: FardcLuberoMaï MaïRwambikanye
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n'Amerika gikangenye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?