Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 22, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku mirwano ikaze itaravuzwe, yabaye hagati ya FARDC na Maï Maï, ikaba itari yoroshye namba.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, giheruka kwambikana n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, aho barwaniye mu bice byo muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi mirwano yabaye ku wa gatatu tariki ya 19/11/2024, ibera mu gace ka Mabambi, muri teritware ya Lubero.

Amakuru atandukanye avuga kuri iyi ntambara, avuga ko yatumye abaturage bava mu byabo barahunga, batinya ko ibintu byarushaho kuba bibi, berekeza mu duce turimo umutekano.

Abasirikare ba FARDC bari ahitwa Kalundu, mu birimetero 5 uvuye Mabambi yabereyemo urugamba, bateye uyu mutwe wa Maï Maï, bawukura mu birindiro byabo byari Vuzanze, bagenzuraga kuva mu ntangiriro z’uku kwezi.

Kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyasembuye iyi mirwano nicyatumye FARDC yihimura kuri Maï Maï.

Hari nandi makuru avuga ko ibikorwa byose by’abaturage byabaye bihagaze kuva ku wa Gatatu kugeza no mu gitondo cyo ku wa kane w’ejo hashize.

Ariko amakuru yatanzwe na sosiyete sivile ku gicamunsi cyo ku wa kane, yavuga ko ituze ryongeye kugaruka

Ku rundi ruhande, Maï Maï yari iheruka gutangaza ko itanzongera gutera ingabo z’igihugu(FARDC), ahubwo ko irajwe ishinga no kubanza guhashya umutwe wa M23 ufatwa nk’umwanzi mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: FardcLuberoMaï MaïRwambikanye
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n'Amerika gikangenye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?