• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w’imbunda, maze iyabangira ingata.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in Regional Politics
0
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w’imbunda, maze iyabangira ingata.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Umutwe wa M23 wongeye gukubita kubi ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu duce duherereye muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Congo.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, ibiturika byatangiye kumvikana ahagana isaha ya saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/01/2025.

Bikavugwa ko iri hangana rikaze ryabereye ku misozi ine iherereye muri grupema ya Mupfunyi Shanga muri teritware ya Masisi.

Iyo misozi ikaba ari uwa Ndumba, Kashingamutwe, Nyenyeri na Munanira.

Abaturiye ibyo bice bavuganye na Minembwe.com bavuze ko bumvaga ibiturika biremereye kandi ko utwo dusozi imirwano yabereho byarangiye twigaruriwe n’umutwe wa M23.

Ndetse kandi bavuga ko barangizaga ihuriro ry’Ingabo rirwana ku ruhande rwa Leta ririmo FDLR , Wazalendo, ingabo z’u Burundi na Bacanchuro barimo gukizwa n’amaguru, aho ngo bahungaga berekeje mu bice byo muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru kandi avuga ko indi mirwano yabereye muri Localité ya Kiluku, agace kari hafi na i Shasha.

Imirwano kandi yavuzwe mu gace ka Mufunzi, gaherereye hafi ya Ngungu, aho Wazalendo na FDLR bamaze iminsi itatu barwana n’umutwe wa M23.

Ibyo bibaye mu gihe hashize iminsi irindwi M23 yigaruriye centre ya Masisi, agace k’ingenzi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?