• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w’imbunda, maze iyabangira ingata.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in Regional Politics
0
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w’imbunda, maze iyabangira ingata.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 wongeye gukubita kubi ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu duce duherereye muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Congo.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, ibiturika byatangiye kumvikana ahagana isaha ya saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/01/2025.

Bikavugwa ko iri hangana rikaze ryabereye ku misozi ine iherereye muri grupema ya Mupfunyi Shanga muri teritware ya Masisi.

Iyo misozi ikaba ari uwa Ndumba, Kashingamutwe, Nyenyeri na Munanira.

Abaturiye ibyo bice bavuganye na Minembwe.com bavuze ko bumvaga ibiturika biremereye kandi ko utwo dusozi imirwano yabereho byarangiye twigaruriwe n’umutwe wa M23.

Ndetse kandi bavuga ko barangizaga ihuriro ry’Ingabo rirwana ku ruhande rwa Leta ririmo FDLR , Wazalendo, ingabo z’u Burundi na Bacanchuro barimo gukizwa n’amaguru, aho ngo bahungaga berekeje mu bice byo muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru kandi avuga ko indi mirwano yabereye muri Localité ya Kiluku, agace kari hafi na i Shasha.

Imirwano kandi yavuzwe mu gace ka Mufunzi, gaherereye hafi ya Ngungu, aho Wazalendo na FDLR bamaze iminsi itatu barwana n’umutwe wa M23.

Ibyo bibaye mu gihe hashize iminsi irindwi M23 yigaruriye centre ya Masisi, agace k’ingenzi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?