• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 24, 2025
in Regional Politics
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura, Ambasaderi w’iki gihugu mu muryango w’Abibumbye, Zenon Mukongo Ngay, yavuze ko uyu mutwe utabaho.

Hari mu nama y’ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye mu ishami ryayo rishyinzwe umutekano ku isi yabaye ku wa 22/08/2025, aho yagaragaje ko FDLR itabaho.

Yagize ati: “Ese ubundi ibi si ukuri. Goma na Bukavu bifatwa hari FDLR mwigeze mubona? Ntayo. FDLR ifashwa na Leta y’i Kinshasa ntitwayibonye.”

Ibi yabitangaje nyuma y’aho Ambasaderi w’u Rwanda muri uyu muryango yari yavuze ko leta y’i Kinshasa igihishyira ko ikorana na FDLR, kandi ko bihabanye n’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu Ambasaderi yanasobanuye ko Kinshasa yari ikwiye guhita itangira ibikorwa byo gusenya burundu uyu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ati: “Biratubabaje kubona RDC itemeye gutangiza ibikorwa byo gusenya burundu FDLR. Bigaragaza ko iyi Leta iyishyigikira.”

Ariko nubwo Ambasaderi wa RDC yavuze ko nta barwanyi ba FDLR bagaragaye, ubwo M23 yari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu, mu Rwanda hahungiye ingabo nyinshi za FARDC kandi zabaga ziri kumwe na FDLR.

Hari n’abandi barwanyi babarirwa mu mirongo bafatiwe mu mujyi wa Goma, barimo na Brigadier General Gakwerere Ezekiel wahoze ari umunyamabanga mukuru w’uyu mutwe, bashyikirijwe Leta y’i Kigali ku mugaragaro tariki ya 1/03/2025.

Loni muri raporo zayo zitandukanye zihamya ko RDC ikorana byahafi n’uyu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, ndetse inyinshi zikavuga ko kugeza n’ubu iki gisirikare cya RDC kigikomeje gukorana na wo.

Tags: FDLRGomaZenon Mukongo
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails
Next Post
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?