• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2025
in Regional Politics
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura, Ambasaderi w’iki gihugu mu muryango w’Abibumbye, Zenon Mukongo Ngay, yavuze ko uyu mutwe utabaho.

Hari mu nama y’ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye mu ishami ryayo rishyinzwe umutekano ku isi yabaye ku wa 22/08/2025, aho yagaragaje ko FDLR itabaho.

Yagize ati: “Ese ubundi ibi si ukuri. Goma na Bukavu bifatwa hari FDLR mwigeze mubona? Ntayo. FDLR ifashwa na Leta y’i Kinshasa ntitwayibonye.”

Ibi yabitangaje nyuma y’aho Ambasaderi w’u Rwanda muri uyu muryango yari yavuze ko leta y’i Kinshasa igihishyira ko ikorana na FDLR, kandi ko bihabanye n’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu Ambasaderi yanasobanuye ko Kinshasa yari ikwiye guhita itangira ibikorwa byo gusenya burundu uyu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ati: “Biratubabaje kubona RDC itemeye gutangiza ibikorwa byo gusenya burundu FDLR. Bigaragaza ko iyi Leta iyishyigikira.”

Ariko nubwo Ambasaderi wa RDC yavuze ko nta barwanyi ba FDLR bagaragaye, ubwo M23 yari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu, mu Rwanda hahungiye ingabo nyinshi za FARDC kandi zabaga ziri kumwe na FDLR.

Hari n’abandi barwanyi babarirwa mu mirongo bafatiwe mu mujyi wa Goma, barimo na Brigadier General Gakwerere Ezekiel wahoze ari umunyamabanga mukuru w’uyu mutwe, bashyikirijwe Leta y’i Kigali ku mugaragaro tariki ya 1/03/2025.

Loni muri raporo zayo zitandukanye zihamya ko RDC ikorana byahafi n’uyu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, ndetse inyinshi zikavuga ko kugeza n’ubu iki gisirikare cya RDC kigikomeje gukorana na wo.

Tags: FDLRGomaZenon Mukongo
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland Sonia Rolland, umukinnyi wa filime wamamaye ku rwego mpuzamahanga wanabaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryasabye Leta y’u Burundi gufungura umupaka...

Read moreDetails

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakomeje urugendo rwe rwa dipolomasi muri Afurika, agera muri Repubulika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF Mu itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, U Rwanda rwatangaje ko rusubije gutanga Louise...

Read moreDetails

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye Mu gace ka Gihungwe, gaherereye muri zone Gihanga, komine Mpanda mu ntara ya Bujumbura, haravugwa ukwiyongera kw’abaturage bafashwe n’indwara itaramenyekana,...

Read moreDetails
Next Post
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?