• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2025
in Regional Politics
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura, Ambasaderi w’iki gihugu mu muryango w’Abibumbye, Zenon Mukongo Ngay, yavuze ko uyu mutwe utabaho.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Hari mu nama y’ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye mu ishami ryayo rishyinzwe umutekano ku isi yabaye ku wa 22/08/2025, aho yagaragaje ko FDLR itabaho.

Yagize ati: “Ese ubundi ibi si ukuri. Goma na Bukavu bifatwa hari FDLR mwigeze mubona? Ntayo. FDLR ifashwa na Leta y’i Kinshasa ntitwayibonye.”

Ibi yabitangaje nyuma y’aho Ambasaderi w’u Rwanda muri uyu muryango yari yavuze ko leta y’i Kinshasa igihishyira ko ikorana na FDLR, kandi ko bihabanye n’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu Ambasaderi yanasobanuye ko Kinshasa yari ikwiye guhita itangira ibikorwa byo gusenya burundu uyu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ati: “Biratubabaje kubona RDC itemeye gutangiza ibikorwa byo gusenya burundu FDLR. Bigaragaza ko iyi Leta iyishyigikira.”

Ariko nubwo Ambasaderi wa RDC yavuze ko nta barwanyi ba FDLR bagaragaye, ubwo M23 yari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu, mu Rwanda hahungiye ingabo nyinshi za FARDC kandi zabaga ziri kumwe na FDLR.

Hari n’abandi barwanyi babarirwa mu mirongo bafatiwe mu mujyi wa Goma, barimo na Brigadier General Gakwerere Ezekiel wahoze ari umunyamabanga mukuru w’uyu mutwe, bashyikirijwe Leta y’i Kigali ku mugaragaro tariki ya 1/03/2025.

Loni muri raporo zayo zitandukanye zihamya ko RDC ikorana byahafi n’uyu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, ndetse inyinshi zikavuga ko kugeza n’ubu iki gisirikare cya RDC kigikomeje gukorana na wo.

Tags: FDLRGomaZenon Mukongo

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?