• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in Regional Politics
0
FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB) cyatangaje ko giheruka kwivugana inyashyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FNL urwanya ubutegetsi bw’i Kigali mu Rwanda, ariko nacyo gipfusha abasirikare bacyo bagera ku 10.

Iki gisirikare gihamya ko cyishe ziriya nyeshyamba mu mirwano iheruka kuzihuza mu ishyamba rya Kibira riherereye mu ntara ya Cibitoki.

Ni nyuma y’aho izi ngabo z’u Burundi zifashe icyemezo cyo kugaba ibitero kuri uriya mutwe, ziwuhora kuba waranze kwifatanya na zo mu ntambara zirimo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zirwanya umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 muri Kivu y’Amajyepfo.

Ku bw’igisirikare cy’u Burundi, ngo kuba FLN yaranze kwifatanya na cyo cyabifashe nk’akagambane.

Aya makuru akomeza avuga ko inyashyamba zirenga 100 ingabo z’u Burundi zishe, zaguye mu bitero bibiri byagabwe mu kibira hagati mu kwezi kwa gatatu n’ukwa gatanu uyu mwaka.

Ku rundi ruhande, hari n’andi makuru avuga ko muri iyo mirwano yoguhiga inyashyamba yanaguyemo n’abasirikare b’u Burundi bagera mu icumi, nubwo ntacyo iki gisirikare cy’u Burundi cyabivuzeho.

Umusirikare w’u Burundi utarashatse ko amazina ye aja hanze akaba anafite ipeti rya captain yasobanuye uko byagenze, agira ati: “Twagose ibirindiro byabo mu ijoro. Bari bafite intwaro zihagije ariko twarabakubise. Twakoresheje uburyo bwo kubatungura kugira ngo tubice bose. Bihagararaho turahangana natwe abacu barahaguye bagera ku 10.”

Usibye inyashyamba zishwe izindi muri zo zigera kuri 30 zafashwe mpiri mbere yo kujanwa i Bujumbura ku murwa mukuru w’ubukungu guhatwa ibibazo. Ngo hari n’izindi zasanzwe mu kibira za komeretse.

Ubundi kandi ngo hafatwa n’ibikoresho bya gisirikare by’izo nyeshyamba ahanini birimo imbunda zo mu bwoko bwa AK-47, Pistolet n’amasasu menshi.

Muri zo nyeshyamba zafashwe mpiri zemeje ko zaturutse mu Burasizuba bwa Congo mbere yuko zishyinga ibirindiro byazo muri Kibira, kandi ko zahavuye kubera ko zanze kwifatanya n’ihuriro ry’ingabo za Congo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Uyu mutwe wa FLN ufite ihuriro rya MRCD risanzwe ritegwa inkunga na Paul Rusesabagina usanzwe arwanya ubutegetsi bw’i Kigali, ndetse hagati ya 2018 na 2019 uyu mutwe wagiye ugaba ibitero mu bice bitandukanye by’intara y’Amajyepfo n’iy’u burengerazuba mu Rwanda, wica abaturage batari bake.

Ingabo z’u Burundi, amakuru avuga ko zawuhindutse nyuma y’aho mu mwaka ushize impande zombi zagiye zikorana inama mu rwego rwo kugira ngo zinoze imikoranire kugira ngo zitere u Rwanda, ariko ntihabe guhuriza hamwe biviramo gusubiranamo.

Tags: FDNBFLNKibira
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

FARDC n'abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?