• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FIZI: Umuyobozi w’Ishuri Yacikanye Akayabo k’Amafaranga y’Abarimu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 29, 2025
in Conflict & Security
0
FIZI: Umuyobozi w’Ishuri Yacikanye Akayabo k’Amafaranga y’Abarimu
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FIZI: Umuyobozi w’Ishuri Yacikanye Akayabo k’Amafaranga y’Abarimu

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, haravugwa ikibazo gikomeye cy’umuyobozi w’ishuri watwaye amafaranga y’abarimu akaja ahantu hatarabasha kumenyekana kugeza ubu Sungura David Kyabi, ari nawe muyobozi w’Ishuri Ribanza rya EP Fizi riherereye mu gace ka Sebele, yacikanye amafaranga angana na 11 700 000 FC, yagombaga guhemba abarimu 12 imishahara y’amezi abiri.

Amakuru yemezwa n’umuryango uharanira uburenganzira bwa rubanda Machozi ya Raïya avuga ko Kyabi yashyizwe ku buyobozi n’itorero rya 8ème CEPAC. Ayo mafaranga ngo yari yayahawe n’ishirahamwe rya Caritas, ku biro byayo biherereye i Uvira ku wa Kane, tariki ya 20/11/2025, ariko ahita aburirwa irengero.

Umuryango Machozi ya Raïya wagize uti:

“Abarimu bamaze amezi abiri badahembwa, abana ntibakijya ku ishuri. Ni ikibazo gikomeye kandi giteye impungenge.”

Ibi bibaye mu gihe mu bice bitandukanye bya RDC hakomeje kugaragara ibibazo by’imicungire mibi y’amafaranga y’abakozi, cyane cyane mu rwego rw’uburezi, bikagira ingaruka ku musaruro no ku burenganzira bw’abana bwo kubona uburezi bufite ireme.

Sosiyete sivili yo muri Fizi irasaba ko Minisiteri y’Uburezi n’inzego bireba zinjira mu kibazo mu maguru mashya kugira ngo hakumirwe ihagarara ry’amasomo, ndetse ukekwaho uburiganya akurikiranwe n’ubutabera.

Inzego z’umutekano zasabwe gukorera hamwe n’abaturage mu bikorwa byo gushakisha uyu muyobozi no kumushyikiriza ubutabera, kugira ngo amafaranga y’abarimu abashe kugaruzwa kandi ibikorwa by’ishuri bisubire mu murongo.

Abaturage bo mu gace ka Sebele bavuga ko igikorwa cya Kyabi cyateye umubabaro n’umujinya, ndetse ko ari icyaha kidakwiye kwihanginirwa kuko cyahungabanije uburenganzira bw’abarimu n’ubw’abanyeshuri.

Mu gihe hakomeje ibikorwa byo kumushakisha, abarimu n’ababyeyi bakomeje gusaba inzego za Leta kongera ubugenzuzi ku micungire y’amafaranga ahabwa amashuri ku rwego rwa teritwari, kugira ngo hakumirwe ibyaha nk’ibi byakomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu.

Tags: AbarimuKyabiSebeleUmushahara
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Che Guevara wa FDLR Yasobanuye Ubufatanye bwa FDLR na FARDC mu Bucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro

Che Guevara wa FDLR Yasobanuye Ubufatanye bwa FDLR na FARDC mu Bucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?