• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, yagarutse ku karengane n’ubwicanyi bukorerwa Abahema n’Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Gen Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, yagarutse ku karengane n’ubwicanyi bukorerwa Abahema n’Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen Kainarugaba Muhoozi, umwe mu basirikare bakomeye mu gisirikare cya Repubulika ya Uganda yatangaje ko abica Abahema n’Abatutsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko batazihanganirwa na gato!

You might also like

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

N’ibyo General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje akoresheje urubuga rwa X, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14/02/2024.

Kainarugaba yavuze ko kubyerekeye amaraso akomeje ku meneka ahanini ku Bahema n’Abatutsi, bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, avuga ko ibyo ari ikintu ‘gikomeye.’

Ati: “Ku Bahema n’Abatutsi, amaraso y’abo akomeje kumeneka mu Burasirazuba bwa RDC, ndashaka gushimangira ko ari igikorwa kibi cyane. Twe turi abantu badashobora kuzibagirwa na gato, cyangwa ngo tugire uwo tubabarira kuri ba mwe bamena ayo maraso!”

Yakomeje agira ati: “Inzira n’imwe yo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, nta y’indi ni ugukurikiza inzira y’ibiganiro njyewe n’uwahoze ari perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, twinjiyemo.”

Abivuze mugihe Uhuru Kenyatta, umuhuza wa Banyekongo ku makimbirane y’i ntambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, aheruka kugirira uruzinduko i Kampala, aza kuganira na perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku byerekeye u mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

General Kainarugaba Muhoozi, ni umwe mu basirikare ba Uganda wakunze cyane ku garuka ku karengane n’ubwicanyi, bukorerwa abasivile ba Banyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi na Bahema, ahanini ubwo bwicanyi bwa korewe abaturiye i Ntara ya ya Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajy’epfo na Ituri.

Mu ntangiriro z’umwaka ushize w’2023, Gen Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko Abahema, Abatutsi n’Abanyamulenge ko ari amaraso amwe nawe, bityo ko atazakomeza kurebera ‘imfu bakomeza kwicwa,’ muri RDC.

Yagize ati: “Ntabwo twakomeza kurebera benewacu bakomeza kwicwirwa muri Congo, bariya turi amaraso amwe, tuzabatabara.”

Gen Kainarugaba Muhoozi, ni umuhungu wa perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, akaba ari n’umujyanama wa Museveni mu bya gisirikare.

Bruce Bahanda.

Tags: AbahemaAbatutsiGen Kainarugaba MuhooziMu Burasirazuba bwa RDCYagarutse ku karengane n'ubwicanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwasabwe guhagarika imikoranire iyo ari yo yose bagirana n’umutwe wa FDLR.

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwasabwe guhagarika imikoranire iyo ari yo yose bagirana n'umutwe wa FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?