• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwasabwe guhagarika imikoranire iyo ari yo yose bagirana n’umutwe wa FDLR.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwasabwe guhagarika imikoranire iyo ari yo yose bagirana n’umutwe wa FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabwe guhagarika imikoranire bagirana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ibi n’ibyasabwe n’igihugu cy’u Bubiligi, binyuze kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo, Hadja Lahbdib, aho yibukije ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ku bahiriza ibyemezo bya politike byagiye bifatwa.

U Bubiligi bw’ibukije uyu mutwe wa FDLR umaze igihe mu
mikoranire na leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko wafatiwe ibihano n’u muryango w’Abibumbye wa wemeje nk’u mutwe w’iterabwoba.

Binazwi ko kandi umutwe wa FDLR kurimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, yakorewe Abatutsi mu mwaka w ‘1994, iyo baje gukwirakwiza mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Minisitiri Lahbdib yemeje ko igisirikare cya leta ya Congo(FARDC) ko gikorana byahafi n’uyu mutwe wa FDLR mu ntambara imaze imyaka irenga ibiri ihanganishije iki gisirikare n’umutwe wa M23.

Ati: “Ubuyobozi bwa RDC bugomba guharika burundu imikoranire iyo ari yo yose ya FARDC n’imitwe y’itwaje imbunda irimo n’umutwe wa FDLR.”

Yakomeje agira ati: “Ni na ngombwa ko ubutumwa bubiba urwango bunahamagarira abantu gukora ibikorwa byihohoterwa, bihagarara burundu. Nta bwo igisubizo cya makimbirane ayo ari yo yose, cyashakirwa munzira za gisirikare.”

Ibyo i gihugu cy’u Bubiligi gisaba, biri muribimwe byagiye bigarukwaho na leta y’u Rwanda, aho bagiye bavuga ko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ikwiye guhagarika imikoranire n’uyu mutwe wa FDLR, uhungabanya umutekano w’u Rwanda, ndetse wanakunze kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda, mu bihe bya vuba ukaba ukorana by’ahafi na FARDC.

Bimwe mu bitero FDLR yagabye ku butaka bw’u Rwanda ku bufatanye na FARDC, n’ibisasu bateye mu bice bya Musanze, mu majyaruguru y’u Rwanda, ubwo hari mu mwaka w’ 2019, ni bitero byasize bihitanye abasivile 14.

Mu mwaka kandi w’2022, FDLR ku bufatanye n’Ingabo za DRC, barashe ibisasu biremereye ku butaka bw’u Rwanda, bisiga bisenye inyubako z’Abaturage.

Umutwe wa M23 kuva wubura imirwano mumpera z’umwaka wa 2021, FDLR yokomeje kuvugwa mu bufatanye n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kwica abasivile ahanini bo mu bwoko bw’Abatutsi, mu Burasirazuba bwa Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagirana n'umutwe wa FDLRBwasabwe guhagarika imikoranire iyo ari yo yoseU BubiligiUbutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC, havuzwe igisa na Balkanisation.

Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC, havuzwe igisa na Balkanisation.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?