• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yagiranye ibiganiro n’abasirikare ba kuru ba FARDC.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yagiranye ibiganiro n’abasirikare ba kuru ba FARDC.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yagiranye ibiganiro n’abasirikare ba kuru ba FARDC.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda akanaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi yahuye n’abasirikare ba kuru ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bagirana ibiganiro byerekeye umutekano w’u Burasizuba bwa Congo.

Ibi biganiro byabaye ku wa kabiri tariki ya 29/04/2025, aho byibanze ku mutekano urangwa mu Burasizuba bwa RDC, no kuri operasiyo Shujaja ihuriweho n’ingabo z’ibihugu byombi.

Ku ruhande rwa RDC, hari Maj.Gen. Nyembo Abdallah, komanda w’ingabo muri Ituri na Maj.Gen. Mandevu Bruno, ukuriye ingabo za FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru n’abandi bayobozi batandukanye.

Muhoozi yashimiye uruzinduko rwabo anashimira umwuka w’ubuvandimwe wagaragaye muri operasiyo Shujaa.

Avuga ko Uganda yiyemeje gukomeza ubufatanye, ashimangira akamaro k’ubufatanye burambye mu bikorwa bizaza mu rwego rwo kongera amahoro n’umutekano mu karere.

Hashimiwe kandi uburyo operasiyo Shujaa yakozwe, bigatuma abaturage bavanwe mu byabo basubira mu ngo bagakomeza ubuhinzi n’ubucuruzi n’ibindi bikorwa bibateza imbere.

Bikavugwa ko operasiyo Shujaa yahagaritse ibikorwa bya ADF, ubundi kandi ituma ubushobozi bw’uyu mutwe w’iterabwoba bwo kugaba ibitero bugabanuka.

Igisirikare cya Uganda mbere cyari cyatangaje ko ADF yashenywe itagifite imbaraga zo kurwana, nubwo abasigaye bo muri yo bakomeje kwihisha mu mashyamba.

Iyi nama ikurikira indi Kainarugaba aheruka kugirana n’abayobozi ba politiki n’ab’igisirikare b’u mutwe wa CODECO, ibishimangira ingufu Uganda ikomeje gushyira muri dipolomasi n’igisirikare mu kuzana ituze mu karere.

Tubibutsa ko ibi biganiro byabereye muri Uganda ku cyicaro cya SFC(Special forces Command), ku ruhande rwa Uganda byitabiriwe na General Kainarugaba Muhoozi hamwe n’umugaba w’ingabo zirwanira k’u butaka n’abandi bayobozi bakuru ba UPDF.

Tags: FardcMuhooziUPDF
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Forces Regroup for Renewed Attacks on Twirwaneho and M23 in Mikenke After Fleeing Wednesday Clashes

Havuzwe inzira z'ibiri ingabo z'u Burundi zenda gukoresha zigaba ibitero ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?