Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 27, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

You might also like

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Museveni, yatumiye Abanyarwanda muri Uganda ku basura mu buryo bwa kivandimwe, ngo bahidagadurire muri ibi bihe begereje kwinjira mu biruhuko.

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse General Kainarugaba Muhoozi yatanze akoresheje urubuga rwa x, aho yagize ati: “Nshuti bavandimwe b’Abanyarwanda, mu gihe mwegereje iminsi mikuru ijyanye no kwobohora ku nshuro ya 31, n’ibiruhuko biri imbere, ndabatumira n’umutima wanjye wose; muze mudusure hano Uganda.”

Muhoozi ukunze gukoresha x cyane yahoze yitwa Twitter yakomeje ati: “Imipaka irafunguye, amahoro ni yose. Muze mwishime n’abavandimwe, musure inshuti n’imiryango, mwidagadure mu gihugu cyanyu, muhagurukane n’umunezero n’akanyamuneza. Uganda ni iyanyu, murisanga iwanyu. Mbifurije ibiruhuko byiza. Imana ibarinde.”

Muhoozi uvuga ibi yakunze kandi no kugaragaza ko u Rwanda ari mu rugo rwe rwa kabiri, ubundi kandi yagihe yumvikana atangaza ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari se wabo, aho yagiye gira ati: “My uncle (data wacu), akavuga ko ari umwe mu bingenzi afatiraho icyitegererezo.

Mu kwezi kwa kane umwaka wa 2023, ubwo General Kainarugaba Muhoozi yizihizaga isabukuru y’imyaka 49 y’amavuko ye, yayizihirije mu Rwanda, anakirwa n’umuryango wa perezida Kagame mu kwizihiza ibi birori.

Tags: AbanyarwandaMuhooziUganda
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye. Guverinoma y'u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyanye amasezerano y'amahoro aganisha ku muti w'ibibazo by'intambara mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Ibyingenzi ku byisinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo, nubwo impungenge zikiri zose. U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo barasinya amasezerano yo gushyiraho akadomo kanyuma...

Read moreDetails

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora. I Nairobi mu gihugu cya Kenya, abantu 16 bishwe n'aho hafi abandi 400 barakomereka nyuma y'aho abantu babarirwa mu bihumbi imirongo bigabije...

Read moreDetails

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y'u Rwanda na RDC. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono ku wa gatanu, ko ari...

Read moreDetails
Next Post
Abyukiye mu Rugezi ho mu misozi y’i Mulenge.

Abyukiye mu Rugezi ho mu misozi y'i Mulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?