• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2025
in Regional Politics
0
Auto Draft
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye.

You might also like

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n’icy’u Rwanda ari ibivandimwe, ndetse avuga ko amakipe y’umupira w’amaguru y’ingabo z’ibi bihugu byombi ateganya guhurira mu kibuga cy’umupira agakina.

Yabivugiye mu butumwa aheruka gutambutsa ku rukuta rwa x ku wa gatatu tariki ya 13/08/2025.

Yatangiye agira ati: “Igisirikare cy’u Rwanda ni abavandimwe bacu bo mu maraso kandi turavukana. Igihe cyose duhora dufatanya. Amakipe yacu y’umupira w’amaguru azahura vuba mu mukino wo kwishyura i Musanze.”

Ibi yabigarutseho mu gihe umwaka wa 2022 ahagana mu mpera zawo, yavuze ko UPDF na RDF aribyo bisirikare bya mbere ko kandi bishyize hamwe nta mwanzi n’umwe byananirwa guhashya.

Uyu Gen.Muhoozi watangaje ibi ni we wagize uruhare runini mu kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda, kuko wigeze kugwamo igitotsi, ariko mu mwaka wa 2022 arabyunga byongera kugendererana.

Ndetse ubwe yigeze kuvuga ko kongera kunga ubumwe bwa RDF na PDF ari kimwe mu bikorwa by’indashyikirwa yagezeho mu mateka ye mu gisirikare.

Hari n’ubwo kandi yigeze gutangaza avuga ko mu Rwanda ari mu rugo ha kabiri, yanakunze kumvikana avuga ko nyuma y’igisirikare ayoboye UPDF, akunda icy’u Rwanda, RDF.

Tags: AbavandimweMuhooziRDFUPDF
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda. Imbonerakure zirwanya ihuriro rya AFC/M23/MRDP mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinja Leta y'u Burundi kuzibeshya amafaranga....

Read moreDetails

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Perezida Kagame yaganiriye n'abakuru b'ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, hamwe n'abandi bakuru b'ibihugu byo mu muryango wa...

Read moreDetails

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n'ingabo za RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano bikakaye umutwe witwaje intwaro wa PARECO wo muri...

Read moreDetails

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe. Mu nkambi y'impunzi y'i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n'icya Repubulika...

Read moreDetails

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails
Next Post
Abanyarwanda Bikanze Bikomeye Nyuma y’uko APR FC Itomboye Ikipe Ikomeye ya Pyramids FC

Abanyarwanda Bikanze Bikomeye Nyuma y’uko APR FC Itomboye Ikipe Ikomeye ya Pyramids FC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?