• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Regional Politics
0
Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, uyu munsi ni wo wanyuma w’amatora.
Ibipimo by’amajwi y’abashobora gutora bikomeje kwerekana ko bombi begeranye cyane.

Leta zirindwi ni zo zishobora kubakiranura, kuko rimwe ziha amajwi menshi Abademokarate, ubundi zikayaha Abarepulikani. Izo ni Pennsylvania, Georgia, North Carolina, Michigan, Arizona, Wisconsin na Nevada.

Bwana Donald Trump yemeza ko ari we uri imbere. Abisobanura yagize ati: “Kubera ko ari twe turi kwisonga kure, igisigaye ni uko dusohoka n’iyonka, dutore.”

Naho kandida Harris Kamala, asanga igihugu cyose cyaragarukiye impinduka. Aragira ati: “Ndabona igihugu kirangamiye gutera umugongo urwango n’amacakubiri, no gufata indi nzira ijya imbere. Aho nyura hose, mbona Abanyamerika bo muri leta zitwa ko ari iz’abademokarate no mu zitwa iz’abarepulikani biteguye kwandika amateka aganisha ku butabera.”

Gutora ku rwego rw’igihugu byatangiye mu kwezi kwa Cyenda buhoro buhoro muri Leta zitandukanye. Abaturage bamwe bajya ku biro by’itora. Abandi batora banyujije impapuro zabo mw’iposita. Kugeza ubu, abamaze gutora bararenga miliyoni 76,4. Abaturage bafite cyangwa barengeje imyaka 18 y’ubukuru bose biyandishije kugirango batore barenze miliyoni 186.5.

Aya matora kandi arimo ay’abaguverineri ba leta 11, n’indi myamya myinshi cyane yo ku nzego z’ibanze mu gihugu cyose.

Ni amatora kandi afite umwihariko ko ashobora guteza imvurururu zidasanzwe. Muri leta ya Washington, iri mu Burengerazuba bw’iki gihugu, abantu batwitse udusanduku two gushyiramo impapuro z’amatora. Guverineri Jay Inselee yategetse National Guard zirinda uyu mujyi ayoboye, kwitegura no guhora ziryamiye amajanja.

Ni ko bimeze no muri za leta ya Oregon, Nevada, Pennsylvania, Michigan, na Georgia, ibiro biberamo amatora n’ibyamabarura y’amajwi babibigose, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ijwi ry’Amerika.

Mu murwa mukuru w’igihugu, Washington DC, ingoro y’inteko ishinga mategeko, iy’umukuru w’igihugu, icumbi rya visi perezida wa Repubulika bizengurutswe n’inzitiro z’ibyuma, ndetse no kuri kaminuza Howard. Aha ni naho Kamala Harris yateganyije kuguma irijoro arindiriye iby’amatora.

Mu gihe bwana Trump we byavuzwe ko ari bugume muri leta ya Florida. Ariko muri rusange abayobozi ba Polisi batangaje ko bamaze igihe kingana n’umwaka bategura ingamba zo guhangana n’imidugararo ishobora kuba yakwaduka bitewe n’ibyava mu matora.

Tags: AmerikaDonaldKamala Harris
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k'abambuzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?