• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Regional Politics
0
Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gira ibyo umenya kuri Kamala Harris na Donald Trump, bakomeje kugaragara ko begeranye mu majwi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, uyu munsi ni wo wanyuma w’amatora.
Ibipimo by’amajwi y’abashobora gutora bikomeje kwerekana ko bombi begeranye cyane.

Leta zirindwi ni zo zishobora kubakiranura, kuko rimwe ziha amajwi menshi Abademokarate, ubundi zikayaha Abarepulikani. Izo ni Pennsylvania, Georgia, North Carolina, Michigan, Arizona, Wisconsin na Nevada.

Bwana Donald Trump yemeza ko ari we uri imbere. Abisobanura yagize ati: “Kubera ko ari twe turi kwisonga kure, igisigaye ni uko dusohoka n’iyonka, dutore.”

Naho kandida Harris Kamala, asanga igihugu cyose cyaragarukiye impinduka. Aragira ati: “Ndabona igihugu kirangamiye gutera umugongo urwango n’amacakubiri, no gufata indi nzira ijya imbere. Aho nyura hose, mbona Abanyamerika bo muri leta zitwa ko ari iz’abademokarate no mu zitwa iz’abarepulikani biteguye kwandika amateka aganisha ku butabera.”

Gutora ku rwego rw’igihugu byatangiye mu kwezi kwa Cyenda buhoro buhoro muri Leta zitandukanye. Abaturage bamwe bajya ku biro by’itora. Abandi batora banyujije impapuro zabo mw’iposita. Kugeza ubu, abamaze gutora bararenga miliyoni 76,4. Abaturage bafite cyangwa barengeje imyaka 18 y’ubukuru bose biyandishije kugirango batore barenze miliyoni 186.5.

Aya matora kandi arimo ay’abaguverineri ba leta 11, n’indi myamya myinshi cyane yo ku nzego z’ibanze mu gihugu cyose.

Ni amatora kandi afite umwihariko ko ashobora guteza imvurururu zidasanzwe. Muri leta ya Washington, iri mu Burengerazuba bw’iki gihugu, abantu batwitse udusanduku two gushyiramo impapuro z’amatora. Guverineri Jay Inselee yategetse National Guard zirinda uyu mujyi ayoboye, kwitegura no guhora ziryamiye amajanja.

Ni ko bimeze no muri za leta ya Oregon, Nevada, Pennsylvania, Michigan, na Georgia, ibiro biberamo amatora n’ibyamabarura y’amajwi babibigose, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ijwi ry’Amerika.

Mu murwa mukuru w’igihugu, Washington DC, ingoro y’inteko ishinga mategeko, iy’umukuru w’igihugu, icumbi rya visi perezida wa Repubulika bizengurutswe n’inzitiro z’ibyuma, ndetse no kuri kaminuza Howard. Aha ni naho Kamala Harris yateganyije kuguma irijoro arindiriye iby’amatora.

Mu gihe bwana Trump we byavuzwe ko ari bugume muri leta ya Florida. Ariko muri rusange abayobozi ba Polisi batangaje ko bamaze igihe kingana n’umwaka bategura ingamba zo guhangana n’imidugararo ishobora kuba yakwaduka bitewe n’ibyava mu matora.

Tags: AmerikaDonaldKamala Harris
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k'abambuzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?