• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in Regional Politics
1
FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

Bikubiye mu nyandiko sosiyete sivile yo muri Komine ya Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yashize hanze tariki ya 04/11/2024.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Iy’inyandiko ya Sosiyete sivile iteweho umukono na visi perezida Mufashi Santos, igaragaza ko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC) zo muri brigade ya 21, iyobowe na Col. Jean Pierre Lwamba aho ifite icyicaro mu Minembwe muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Epfo, zikomeje kuhakorera ibikorwa bigayitse byo kwambura abaturage bahaturiye.

N’inyandiko zitangira zigira ziti: “Mutware Manutsi, umukozi wa Leta muri serivisi ishinzwe amabuye y’agaciro, yatawe muri yombi ku ya 02/11/2024 n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21. Ingabo zimushinja ibinyoma ko ari umukozi w’ubutasi wa Twirwaneho.”

Zikomeza zigira ziti: “Ariko siyo mpamvu kuko aba basirikare babaye agatsiko k’abambuzi, mu minsi ishize bafashe umugabo ukora akazi k’ubwarimu w’imyaka 60 y’amavuko bamushinja ko Inka ze zariye drone y’abasirikare iheruka kuburirwa irengero, ntagihamya nakimwe cyabigaragaje, ariko yavuye muri gereza nyuma y’icyumweru kandi nabwo abanza gutanga $500.”

Sosiyete sivile kandi ika vuga ko “tariki ya 03/11/2024 ibintu nk’ibi byongeye kubaho aho Umuchef w’umuhana muto wa Runundu, Gahanuzi Budederi Rugemeka, yatawe muri yombi muburyo bunyuranyije n’amategeko, mu rwego rwo gukomeza kwambura abaturage.”

Iz’inyandiko za sosiyete sivile zigahamya ko ingabo za FARDC ziri gukora ibikorwa bihabanye na misiyo yazo igamije kurinda abaturage no kubungabunga umutekano wabo; hubwo ikabakorera iyica rubozo, hagamijwe ko bemere ibyo baregwa maze banyagwe utwabo, ndetse mu gihe batatswe ayo mafaranga bakoherezwa i Kinshasa ahafungiwe Abanyamulenge ibihumbi n’ibihumbi bose bazira ubwoko bwabo.

Sibyo byonyine Sosiyete sivile yagaragaje, kuko yashinje n’umusirikare mukuru ureba Batayo (bataillon) iri mu Mikenke kuba ari mu gufata abagore ku ngufu ni mu gihe mu Cyumweru gishize, uyu komanda yakubise umugore ibiti byinshi, amuziza kwanga gusambana n’umusirikare we.

Ikindi cyashyizwe muri iz’inyandiko n’uko bariya basirikare bakorera mu Mikenke baheruka kurasa amasasu menshi yo gupfusha ubusa, birangira akomerekeje umugabo w’umushi wakoraga akazi k’ubucuruzi, witwa Jean Paul Kibambazi. Kuri ubu ari kuvurirwa ku bitaro bikuru bya Mikenke.

Sosiyete sivile igasoza isaba ko aba basirikare bakorera mu Minembwe na Mikenke bavanwayo, bagatsimburwa n’abandi bashobora kugarura umutekano muri aka karere. Bitaruko ikabonako umutekano w’ibi bice wazahora uzambye.

Tags: AbambuziFardcMinembweSosiyete sivile

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w'umukuru w'igihugu.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    priligy dapoxetine amazon D F Higher magnification of arterioles and venules bottom insets in A C showing decreased arterial a smooth muscle cell coverage red fluorescence in Jag1iО”EC mutants

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urugendo rwa Depite Justin Bitakwira rwateje impaka
  • U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
  • Kinshasa: Dore Uko Urugendo rw’Imyigaragambyo Rwagenze, Aho Rwarangiye Rutageze ku Ntego
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?