• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in Regional Politics
1
FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu Minembwe yiswe agatsiko k’abambuzi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Bikubiye mu nyandiko sosiyete sivile yo muri Komine ya Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yashize hanze tariki ya 04/11/2024.

Iy’inyandiko ya Sosiyete sivile iteweho umukono na visi perezida Mufashi Santos, igaragaza ko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC) zo muri brigade ya 21, iyobowe na Col. Jean Pierre Lwamba aho ifite icyicaro mu Minembwe muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Epfo, zikomeje kuhakorera ibikorwa bigayitse byo kwambura abaturage bahaturiye.

N’inyandiko zitangira zigira ziti: “Mutware Manutsi, umukozi wa Leta muri serivisi ishinzwe amabuye y’agaciro, yatawe muri yombi ku ya 02/11/2024 n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21. Ingabo zimushinja ibinyoma ko ari umukozi w’ubutasi wa Twirwaneho.”

Zikomeza zigira ziti: “Ariko siyo mpamvu kuko aba basirikare babaye agatsiko k’abambuzi, mu minsi ishize bafashe umugabo ukora akazi k’ubwarimu w’imyaka 60 y’amavuko bamushinja ko Inka ze zariye drone y’abasirikare iheruka kuburirwa irengero, ntagihamya nakimwe cyabigaragaje, ariko yavuye muri gereza nyuma y’icyumweru kandi nabwo abanza gutanga $500.”

Sosiyete sivile kandi ika vuga ko “tariki ya 03/11/2024 ibintu nk’ibi byongeye kubaho aho Umuchef w’umuhana muto wa Runundu, Gahanuzi Budederi Rugemeka, yatawe muri yombi muburyo bunyuranyije n’amategeko, mu rwego rwo gukomeza kwambura abaturage.”

Iz’inyandiko za sosiyete sivile zigahamya ko ingabo za FARDC ziri gukora ibikorwa bihabanye na misiyo yazo igamije kurinda abaturage no kubungabunga umutekano wabo; hubwo ikabakorera iyica rubozo, hagamijwe ko bemere ibyo baregwa maze banyagwe utwabo, ndetse mu gihe batatswe ayo mafaranga bakoherezwa i Kinshasa ahafungiwe Abanyamulenge ibihumbi n’ibihumbi bose bazira ubwoko bwabo.

Sibyo byonyine Sosiyete sivile yagaragaje, kuko yashinje n’umusirikare mukuru ureba Batayo (bataillon) iri mu Mikenke kuba ari mu gufata abagore ku ngufu ni mu gihe mu Cyumweru gishize, uyu komanda yakubise umugore ibiti byinshi, amuziza kwanga gusambana n’umusirikare we.

Ikindi cyashyizwe muri iz’inyandiko n’uko bariya basirikare bakorera mu Mikenke baheruka kurasa amasasu menshi yo gupfusha ubusa, birangira akomerekeje umugabo w’umushi wakoraga akazi k’ubucuruzi, witwa Jean Paul Kibambazi. Kuri ubu ari kuvurirwa ku bitaro bikuru bya Mikenke.

Sosiyete sivile igasoza isaba ko aba basirikare bakorera mu Minembwe na Mikenke bavanwayo, bagatsimburwa n’abandi bashobora kugarura umutekano muri aka karere. Bitaruko ikabonako umutekano w’ibi bice wazahora uzambye.

Tags: AbambuziFardcMinembweSosiyete sivile
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w'umukuru w'igihugu.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    priligy dapoxetine amazon D F Higher magnification of arterioles and venules bottom insets in A C showing decreased arterial a smooth muscle cell coverage red fluorescence in Jag1iО”EC mutants

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?