• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Girinka, yashimiye M23 na Twirwaneho, ndetse anabagira inama.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2025
in Regional Politics
0
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.
134
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Girinka, yashimiye M23 na Twirwaneho, ndetse anabagira inama.

You might also like

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Girinka Kabare William ukomoka mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Goma yawushimiye ashimira na Twirwaneho irwanirira Abanyamulenge mu misozi miremire y’Imulenge, anagerekaho kubagira inama.

Bikubiye mu butumwa bwanditse, uyu mugabo w’Umunyamulenge yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 28/01/2025.

Ubu butumwa bwa Girinka butangira bugira buti: “Mwaramutse mwese ‘Abirwanaho’ aha ndavuga “Twirwaneho na M23.”

Yakomeje agira ati: “Dukomeje gushima imirimo mukora yo kurengera Abanye-kongo bose muri rusange, by’umwihariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda. Mwanze akarengane kabakorerwa, muhitamo ku karwanya, kandi kurwana si yo yari amahitamo ya mbere, ibi byose byatewe na Leta mbi ya Congo itifuriza ineza Abanye-kongo, ahanini abavuga ururimi rw’ikinyarwanda cyane cyane Abatutsi.”

Inyandiko za Girinka zivuga kandi ko hagomba kubaho guharanira uburenganzira bwa muntu n’ihame.

Ati: “Rero, guharanira uburenganzira bwacu ni ihame kandi biri no munshingano, kuko nta wadukunda kuruta uko twikunda. Mbere y’uko turenganura abandi Banye-Kongo tugomba kubanza kwirenganura kugira ngo tudashyiraho.”

Girinka yavuze ko mu gihe habaye gufata ibice bigomba kujyana no gutuza impunzi zigize imyaka 30 mu mahanga, kandi hakanaba no kuzishakira umutekano wazo.

Yanaboneyeho kandi kuvuga ko imishyikirano ari ngombwa , hagati ya M23 na Leta ya Kinshasa.

Ati: “Iyo ngirwa Leta gukora imishyikirano nayo nabyo ni ingimbwa, kuko amahoro araharanirwa. Ariko mu gihe iyo Leta itabishaka, twe tuzashakira Kivu zacu zombi umutekano uzi kwiye.”

Girinka yanagiye inama umutwe wa M23 na Twirwaneho.

Yabanje guca umugani ugira uti: “Amazi na kubwira ko utayiyuhagira nawe uzayabwire ko nta mbyiro ufite! Rero, aho mwafashe muhagumane, muhatsimbarare kugeza ubwo abavuga ururimi rw’ikinyarwanda bazabona uburenganzira bwabo buhagije.”

Yashimangiye ibi maze agira ati: “Ubwiza bw’umukobwa ni bwo bumugeza ibwami, ariko ubwenge bwe ni bwo bugena igihe azahamara. Uwo ni umugeni w’abatubyaye bakaturera.”

Yasoje ubutumwa bwe agira ati: “Kwari ukubashimira ku mirimo myiza mukomeje kutugaragariza. Ndetse n’abandi bakunda ukuri ureke ababyiyitirira batabikora nk’ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO. Ndabashimiye mugire amahoro.”

Tags: GirinkaM23Twirwaneho
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails
Next Post
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Ngarura yumvikanye anenga ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?