• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Girinka, yashimiye M23 na Twirwaneho, ndetse anabagira inama.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2025
in Regional Politics
0
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.
134
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Girinka, yashimiye M23 na Twirwaneho, ndetse anabagira inama.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Girinka Kabare William ukomoka mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Goma yawushimiye ashimira na Twirwaneho irwanirira Abanyamulenge mu misozi miremire y’Imulenge, anagerekaho kubagira inama.

Bikubiye mu butumwa bwanditse, uyu mugabo w’Umunyamulenge yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 28/01/2025.

Ubu butumwa bwa Girinka butangira bugira buti: “Mwaramutse mwese ‘Abirwanaho’ aha ndavuga “Twirwaneho na M23.”

Yakomeje agira ati: “Dukomeje gushima imirimo mukora yo kurengera Abanye-kongo bose muri rusange, by’umwihariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda. Mwanze akarengane kabakorerwa, muhitamo ku karwanya, kandi kurwana si yo yari amahitamo ya mbere, ibi byose byatewe na Leta mbi ya Congo itifuriza ineza Abanye-kongo, ahanini abavuga ururimi rw’ikinyarwanda cyane cyane Abatutsi.”

Inyandiko za Girinka zivuga kandi ko hagomba kubaho guharanira uburenganzira bwa muntu n’ihame.

Ati: “Rero, guharanira uburenganzira bwacu ni ihame kandi biri no munshingano, kuko nta wadukunda kuruta uko twikunda. Mbere y’uko turenganura abandi Banye-Kongo tugomba kubanza kwirenganura kugira ngo tudashyiraho.”

Girinka yavuze ko mu gihe habaye gufata ibice bigomba kujyana no gutuza impunzi zigize imyaka 30 mu mahanga, kandi hakanaba no kuzishakira umutekano wazo.

Yanaboneyeho kandi kuvuga ko imishyikirano ari ngombwa , hagati ya M23 na Leta ya Kinshasa.

Ati: “Iyo ngirwa Leta gukora imishyikirano nayo nabyo ni ingimbwa, kuko amahoro araharanirwa. Ariko mu gihe iyo Leta itabishaka, twe tuzashakira Kivu zacu zombi umutekano uzi kwiye.”

Girinka yanagiye inama umutwe wa M23 na Twirwaneho.

Yabanje guca umugani ugira uti: “Amazi na kubwira ko utayiyuhagira nawe uzayabwire ko nta mbyiro ufite! Rero, aho mwafashe muhagumane, muhatsimbarare kugeza ubwo abavuga ururimi rw’ikinyarwanda bazabona uburenganzira bwabo buhagije.”

Yashimangiye ibi maze agira ati: “Ubwiza bw’umukobwa ni bwo bumugeza ibwami, ariko ubwenge bwe ni bwo bugena igihe azahamara. Uwo ni umugeni w’abatubyaye bakaturera.”

Yasoje ubutumwa bwe agira ati: “Kwari ukubashimira ku mirimo myiza mukomeje kutugaragariza. Ndetse n’abandi bakunda ukuri ureke ababyiyitirira batabikora nk’ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO. Ndabashimiye mugire amahoro.”

Tags: GirinkaM23Twirwaneho
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Ngarura yumvikanye anenga ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?