• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ngarura yumvikanye anenga ingabo za FARDC.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2025
in Regional Politics
1
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ngarura yumvikanye anenga ingabo za FARDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ngarura Patrick uzwi mu Banyamulenge bashigikira ibikorwa bya Guverinoma ya Kinshasa byo kwica benewabo Abanyamulenge, yongeye kumvikana anenga ingabo z’iyi leta nyuma y’uko zihunze mu mujyi wa Goma uza kwigarurirwa n’umutwe wa M23.

Hari mu butumwa bwa majwi Ngarura Patrick yatanze, ubwo hagaragaraga amashusho y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zirimo guhunga ziva muri Goma.

Amwe muri ayo mashusho yagaragaje aba basirikare bambutse umupaka, ari nabwo binjiye mu Rwanda, ndetse baza kwakirwa n’ingabo za RDF.

Andi nanone yabagaragaje barambika intwaro zabo hasi, ubundi bakishyira mu maboko y’umutwe wa M23.

Uyu mutwe wa M23 wanashyize itangazo hanze mu rukerera rwo ku wa mbere, risaba abaturiye uyu mujyi wa Goma gutekana, kandi ko uyu mujyi wamaze kuja mu maboko y’uyu mutwe. Iri tangazo kandi ryaburiraga abarwana ku ruhande rwa leta kurambika intwaro, ubundi amahoro akagaruka muri uyu mujyi utuwe n’abantu barenga miliyoni 2, ukaba uherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri ubwo butumwa bwa Ngarura Patrick yagize ati: “Twe twaratewe ariko nti twigeze tu masha, kandi abaduteye bo baramashije. Yewe baranabyituguye bihagije.” Aha yavugaga ko FARDC ititeguye uru rugamba ariko ko M23 yaruteguye inabishoramo imbaraga zose.

Yavuze ko ari yo mpamvu uja kumva ukumva hasohotse amakuru nk’aya ngaya ngo abasirikare ba FARDC bahungiye mu Rwanda ni imbunda zitarashe, ati: “None bari batunze izi ki? Binjiye igisirikare kubera iki? Ubundi umusirikare azarwana agapfira igihugu.”

Yakomeje agira ati: “Ibi bintu mwari mwabibonahe muri iyi si ya Rurema. Ni hehe mwari mwabona abantu bafata imbunda bagata igihugu batarwanye bagahungira ku mwanzi!”

Ngarura yanavuze kandi ko bitangaje kubona umusirikare wa FARDC ahungira mu Rwanda, kandi ko byari kuba byiza kwinjiza abantu mu gisirikare habanje kugenzurwa abakwiriye, ngo kuko ibyo aba bakoze byasuzuguje igihugu n’ubutegetsi bwacyo.

Yaboneyeho no kwibutsa ko bagiye inama Leta zikwiye, ariko ko bigaragara ko zitakurikijwe.

Uyu Ngarura watanze ubu butumwa azwi cyane ku mbuga za Whatsapp zihuriweho Abapfulero n’Abanyindu, ndetse n’Abanyamulenge. Nta bikorwa bizwi yaba yarakoze cyangwa akora, usibye kuba yaramenyekanye mu butumwa bwa majwi, buzwi nka audio. Ndetse akenshi yandika buke kuko ahanini atanga ubwo butumwa bwa majwi agakomeza Wazalendo n’abandi Banyamulenge barwanya kwirwanaho.

Usibye nibyo aheruka gushyirwa kuri Liste yabo bise “Abanyakagara iri mugukomeza gucyishwa ku mbuga.” Aba akaba ari gurupe y’Abanyamulenge bagambanira abandi Banyamulenge bashigikira ibikorwa byo kwirwanaho mu gihe ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryabagabyeho ibitero.

Gusa abakoze iyo lisite ntibagaragaje amazina yabo, usibye ko biyise abakunzi ba Twirwaneho.

Tags: GomaNgarura
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ifatwa ry’umujyi wa Goma ryatumye i Kinshasa ibintu birushaho gukara.

Ifatwa ry'umujyi wa Goma ryatumye i Kinshasa ibintu birushaho gukara.

Comments 1

  1. Pacifique says:
    1 year ago

    Karazinenga se Naze azifashe ubwo arumugabo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?