Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by’agisirikare byatawe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z’u Burundi zatangiye kwiyahura.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Herekanwe amashusho agaragaza imbunda n’ibikoresho bya gisirikare byatawe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, za FDLR, Ingabo z’u Burundi, Wagner, FARDC na Wazalendo, n’ibikoresho byinshi birimo Imbunda zirasa kure, ibyuma bifata amajwi n’ibihamagara, bifasha ingabo ziri k’urugamba kumenya uduce baba bagezemo.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ibyinshi muri ibyo bikoresho byafatiwe muri santere(Centre), ya Mushaki ibindi ni mu nkengero za Mushaki. Nk’uko byavuzwe biriya bikoresho byafashwe amashusho n’inyuma y’urugamba rwabaye ejo hashize tariki 07/12/2023.

Hagati aho Ingabo z’u Burundi byavuzwe ko za hahamutse nyuma y’uko umwe muribo y’iyahuye ubwo bari bahunze i Mushaki bageze mu gace ka Murambi, mu bilometre bike na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uriya musirikare byavuzwe ko y’iyahuye akoresheje kwirasa mu gihe ngo yasaga nu wananiwe kwiruka ahunga ingabo za Gen Sultan Makenga. Abandi basirikare benshi b’u Burundi baraye bageze ku k’ibuga c’indege ca Goma, bahita basaba ko bo tahukanwa iwabo i Bujumbura, ngo ntibashaka kurwana na M23.

I Matanda ho hagaragaye abasirikare b’u Burundi benshi bakomeretse nimugihe basanze bari kuvurirwa mu bitaro byaho muri ako gace kari mu nkengero za Sake, mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'Ingabo za RDCHagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zishe Abatutsi, i Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Nibabivemo intambara zareta isenyera abaturage ntamugisha wabiboneramo nawe ubigiyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?