• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by’agisirikare byatawe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z’u Burundi zatangiye kwiyahura.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Herekanwe amashusho agaragaza imbunda n’ibikoresho bya gisirikare byatawe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, za FDLR, Ingabo z’u Burundi, Wagner, FARDC na Wazalendo, n’ibikoresho byinshi birimo Imbunda zirasa kure, ibyuma bifata amajwi n’ibihamagara, bifasha ingabo ziri k’urugamba kumenya uduce baba bagezemo.

You might also like

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

Ibyinshi muri ibyo bikoresho byafatiwe muri santere(Centre), ya Mushaki ibindi ni mu nkengero za Mushaki. Nk’uko byavuzwe biriya bikoresho byafashwe amashusho n’inyuma y’urugamba rwabaye ejo hashize tariki 07/12/2023.

Hagati aho Ingabo z’u Burundi byavuzwe ko za hahamutse nyuma y’uko umwe muribo y’iyahuye ubwo bari bahunze i Mushaki bageze mu gace ka Murambi, mu bilometre bike na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uriya musirikare byavuzwe ko y’iyahuye akoresheje kwirasa mu gihe ngo yasaga nu wananiwe kwiruka ahunga ingabo za Gen Sultan Makenga. Abandi basirikare benshi b’u Burundi baraye bageze ku k’ibuga c’indege ca Goma, bahita basaba ko bo tahukanwa iwabo i Bujumbura, ngo ntibashaka kurwana na M23.

I Matanda ho hagaragaye abasirikare b’u Burundi benshi bakomeretse nimugihe basanze bari kuvurirwa mu bitaro byaho muri ako gace kari mu nkengero za Sake, mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'Ingabo za RDCHagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yashinje Impuguke za Loni Kubogamira kuri FDLR

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye ku...

Read moreDetails

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland Sonia Rolland, umukinnyi wa filime wamamaye ku rwego mpuzamahanga wanabaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryasabye Leta y’u Burundi gufungura umupaka...

Read moreDetails

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakomeje urugendo rwe rwa dipolomasi muri Afurika, agera muri Repubulika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF Mu itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, U Rwanda rwatangaje ko rusubije gutanga Louise...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zishe Abatutsi, i Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Nibabivemo intambara zareta isenyera abaturage ntamugisha wabiboneramo nawe ubigiyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?