• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ubutumwa bw’amashusho Minembwe.com yahawe n’Abanya-Minembwe bugaragaza amazu yabo abarirwa muri mirongo ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zatwitse muri ibyo bice, kubera kwanga ubwoko bw’Abanyamulenge.

Ni nyuma y’ibitero iz’i ngabo zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe zagabye ku Kiziba no mu Muzinda, imihana ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ibyo bitero FARDC yabikoze ku wa gatanu mu gitondo cyakare. Muri ibyo bitero ni nabwo izi ngabo zakarengeye abaturage zabatwikiye amazu 25 yo mu Muzinda na Kiziba.

Ubwo butumwa bw’amashusho bugaragaza amazu amwe barayatwitse ibisenge, ayandi bariya basirikare barayabomaguye.

Mu kuyabomagura, bakoreshaga imihoro n’imititu y’imbunda ahandi bugaragaza ko bakoreshaga za singe.

Ubu butumwa ntaho bugaragaza ko hari amazu atari aya Banyamulenge yangijwe, kuko muri kamwe muri turiya duce hari amazu y’Abapfulero.

Ibyo FARDC yakoze mu Muzinda na Kiziba, ni byo kandi yari iheruka gukora mu byumweru bibiri bishyize , aho yatwitse inzu z’i Lundu 15, harimo izo mu muhana wo muri 8ème CEPAC n’i Lundu mu Bahinda.

Kurundi ruhande, Twirwaneho iracyakomeje kugenzura igice kimwe cya Kiziba icyo yigaruriye ku wa gatanu tariki ya 14/02/2025, ikindi gice kiracyarimo ingabo za FARDC.

Twirwaneho ira reba ikibuga cy’indege, n’ibitaro bya Kiziba ndetse nahaba amazu yo kwa Lt.Gen. Masunzu.

Nyamara kandi ingabo za FARDC ziri muri ibyo bice zikomeje guhunga zerekeza kwa Mulima.

Ubutumwa dukesha abaturiye ibyo bice bugira buti: “FARDC mu ijoro yikuye mu maka yabo. Bari guhunga.”

Iz’i ngabo zikaba ziri guhunga ibi bice nyuma y’aho M23 ifashe umujyi wa Bukavu ku wa Gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza.

Usibye mu Minembwe ahandi iz’i ngabo ziri kwikura zikerekeza iyo kwa Mulima ni mu Mikenke.

Ati: “Ejo abasirikare ba FARDC benshi barahunze berekeza epfo. Hamanutse 340. Naho mu Mikenke ngirango abahasigaye n’imbarwa. Abenshi baramanutse.”

Gusa hari abandi bakiri muri ibyo bice batarahunga, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Tags: AbanyamulengeAmazuFardcMinembweYatwitse
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yanenze ingabo za RDC.

I Burundi baburiwe kuba maso ngo kuko igitero kirabegereje.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?