• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Burundi baburiwe kuba maso ngo kuko igitero kirabegereje.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yanenze ingabo za RDC.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi baburiwe kuba maso ngo kuko igitero kirabegereje.

You might also like

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

Ni imburo abaturage b’u Burundi bagenewe na perezida w’iki gihugu cya bo, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko bakwiye kuba maso, ngo kuko ntawamenya igihe u Rwanda ruzaterera iki gihugu cyabo.

Ni ubutumwa perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje akoresheje urubuga rwe rwa x, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025, yababwiye ko u Burundi bwiteguye kurwana n’u Rwanda kandi ko bakwiye kuba maso.

Yagize ati: “Nyuma y’ibiganiro byinshi mperuka kugirana n’inshuti z’u Rwanda, abari biteze kungukira mu gitero cy’u Rwanda ku Burundi, basubize amerwe mu isaho. Ariko Abarundi mu be maso kuko ntawe uzi umunsi w’umujura.”

Hashize iminsi Evariste Ndayishimiye avuga amagambo ya gashozantambara, anagaragaza ko igihugu cye cyiteguye gutera u Rwanda kandi ko kizarutsinda.

Ubwo kandi uyu mukuru w’igihugu yasuraga abaturage bo mu ntara ya Kirundo, tariki ya 11/02/2025, nabwo yavuze amagambo asa naya.

Aho yagize ati: “Mwebwe mwitegure, ntimugire ubwoba, bariya turaziranye. Mu Bugesera muraziranye, kuva ku ngoma ya Cyami ntibigeze batunesha, ubu ni bwo badushobora? Mu bibutse muti muzi mu Kirundo aho byavuye?”

Ibyo abivuze mugihe iki gihugu cy’u Burundi cyohereje abasirikare bacyo muri RDC, aho bahuje imbaraga n’ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo n’indi ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa.

Ahanini bivugwa ko uko guhuza imbaraga bashaka uko bazatera u Rwanda bagakuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Tags: Kuba masoU BurundiU Rwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Mu gihe umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran umaze igihe urangwa...

Read moreDetails

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, Leta y’iki gihugu yongeye kwerekana imbaraga zayo...

Read moreDetails

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?