• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni umunyamakurukazi, Irangabiye Floriane wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 10, yarekuwe ku mbabazi za perezida Evariste Ndayishimiye.

Floriane yafashwe ahagana ku itariki ya 30/08/2022, aho yafashwe n’inzego zishinzwe ubutasi z’iki gihugu cy’u Burundi.

Uyu munyamakurukazi yanamaze iminsi umunani bitazwi aho yaba aherereye, mbere y’uko agezwa mu butabera bw’iki gihugu cy’u Burundi.

Nyuma, amaze kugezwa mu butabera, minisiteri y’ubutabera yaje gutangaza ko Irangabiye nta byangombwa by’itangaza makuru yari afite nubwo we yavugaga ko ari umunyamakuru.

Urukiko rw’ubujurire mu Burundi rwagumishijeho igifungo cy’imyaka 10 yari yarahawe ashinjwa kubangamira umutekano n’ubusugire bw’igihugu.

Ni igifungo uyu munyamakurukazi, Floriane yari yakatiwe mu kwezi kwa Mbere umwaka w’ 2023.

Floriane ubwo yafatwaga, yabanje gufungirwa muri gereza iherereye i Muyinga, aza kuhavanwa aja gufungirwa hafi n’i Bujumbura, nyuma kandi yoherezwa gufungirwa muri gereza iri i Bubanza.

Irangabiye Floriane, mbere y’uko atabwa muri yombi mu gihugu cy’u Burundi, yari afite igitangaza makuru gikorera kuri internet, cyitwa “Igicaniro,” rero, ubutabera bw’u Burundi bwamushinjaga kwibasira no gushaka guhungabanya umudendezo w’iki gihugu.

Usibye kuba yari yarahanwe gufungwa imyaka 10, yari yasabwe kandi kwishyura amande angana na miliyoni imwe y’amafaranga y’amarundi.

           MCN.
Tags: Floriane IrangabiyeImbabaziNdabibashimiyeYafunguwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n'ingabo za Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?