• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni umunyamakurukazi, Irangabiye Floriane wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 10, yarekuwe ku mbabazi za perezida Evariste Ndayishimiye.

Floriane yafashwe ahagana ku itariki ya 30/08/2022, aho yafashwe n’inzego zishinzwe ubutasi z’iki gihugu cy’u Burundi.

Uyu munyamakurukazi yanamaze iminsi umunani bitazwi aho yaba aherereye, mbere y’uko agezwa mu butabera bw’iki gihugu cy’u Burundi.

Nyuma, amaze kugezwa mu butabera, minisiteri y’ubutabera yaje gutangaza ko Irangabiye nta byangombwa by’itangaza makuru yari afite nubwo we yavugaga ko ari umunyamakuru.

Urukiko rw’ubujurire mu Burundi rwagumishijeho igifungo cy’imyaka 10 yari yarahawe ashinjwa kubangamira umutekano n’ubusugire bw’igihugu.

Ni igifungo uyu munyamakurukazi, Floriane yari yakatiwe mu kwezi kwa Mbere umwaka w’ 2023.

Floriane ubwo yafatwaga, yabanje gufungirwa muri gereza iherereye i Muyinga, aza kuhavanwa aja gufungirwa hafi n’i Bujumbura, nyuma kandi yoherezwa gufungirwa muri gereza iri i Bubanza.

Irangabiye Floriane, mbere y’uko atabwa muri yombi mu gihugu cy’u Burundi, yari afite igitangaza makuru gikorera kuri internet, cyitwa “Igicaniro,” rero, ubutabera bw’u Burundi bwamushinjaga kwibasira no gushaka guhungabanya umudendezo w’iki gihugu.

Usibye kuba yari yarahanwe gufungwa imyaka 10, yari yasabwe kandi kwishyura amande angana na miliyoni imwe y’amafaranga y’amarundi.

           MCN.
Tags: Floriane IrangabiyeImbabaziNdabibashimiyeYafunguwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n'ingabo za Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?