• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hamenyekanye ibyo perezida William Ruto wa Kenya yavuganye na Trump uheruka gutsinda amatora muri Amerika.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2024
in World News
1
Hamenyekanye ibyo perezida William Ruto wa Kenya yavuganye na Trump uheruka gutsinda amatora muri Amerika.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo perezida William Ruto wa Kenya yavuganye na Trump uheruka gutsinda amatora muri Amerika.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Perezida wa Kenya William Ruto yavuganye na Donald Trump uheruka kongera gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, baganira ku nzego iki gihugu cya Kenya na Amerika bashobora kwaguriramo ubufatanye.

Ikiganiro cyaba bayobozi bombi, cyabaye hakoreshejwe telephone ngendanwa.
Mu busanzwe Kenya ifitanye amasezerano y’ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu nzego zirimo ubucuruzi n’ishoramari, gusa aya masezerano perezida wa Kenya yayasinyanye na Joe Biden ahazaza hayo hasa n’ahari mu rungabangabo nyuma y’uko Trump atsinze amatora.

Aya makuru yamenyekanye nyuma y’uko perezida William Ruto yakoresheje urubuga rwe rwa x, avuga ko we na Trump baganiriye ku ngingo zifitiye inyungu ibihugu byombi, zirimo amahirwe y’ishoramari, umutekano ndetse n’imiyoborere myiza.

Yagize ati: “Nagiranye ikiganiro cyo kuri telefone na perezida watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump . Namushimiye ku kuba yaratorewe kuba perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Twaganiriye ubumwe ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byacu twembi, zirimo ishoramari, umutekano n’imiyoborere myiza.”

Ruto yunzemo ko we na Trump banaganiriye ku butumwa bwo kugarura amahoro muri Haiti Kenya yoherejemo abapolisi muri uyu mwaka.

Ubutegetsi bwa Biden mu minsi ishize bwemereye Kenya inkunga ya miliyari 38.5 z’Amashilingi ya Kenya, gusa kuri ubu hari impungenge z’uko ubutegetsi bushya bwa Amerika bushora kutayiha aya mashilingi.

Tags: DonaldTelefoneWilliam Ruto
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

Amerika: Mu shyaka ry'Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

Comments 1

  1. Moda su kaçak tespiti says:
    10 months ago

    Moda su kaçak tespiti Sultangazi’deki evime hizmet veren ekip çok hızlıydı, su kaçağını hemen tespit ettiler. https://together-19.com/ustaelektrikci

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?