• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, January 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye igihe amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC azasinyigwa imbere ya Trump, n’uburyo bizakorwa.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amateka akomeye.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye igihe amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC azasinyigwa imbere ya Trump, n’uburyo bizakorwa.

You might also like

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

U Rwanda, Repubulika ya demokarasi ya Congo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, byamaze kwemezanya ko amasezerano y’amahoro bizayateraho umukono imbere ya perezida Donald Trump mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka wa 2025, umuhango wabyo ukazabera muri White House muri Amerika.

Biteganyijwe ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ari bo bazayateraho umukono.

Uwo munsi nyine hazasinywa ayo masezerano y’amahoro, ndetse ngo hanasinywe n’andi ajanye n’ubukungu hagati ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’ibi bihugu byombi. Mu gihe bitohinduka byitezwe ko ishoramari rinini rya Amerika rizahita ritangira gukora muri ibi bihugu.

Nk’uko Amerika ibisobanura, ayo masezerano y’amahoro azungukira buri ruhande, kandi atange igisubizo kirambye cy’ibibazo bimaze imyaka myinshi bibangamiye akarere.

Ubundi kandi u Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w’ubanye n’amahanga, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 02/05/2025, kwaribwo buri ruhande rutanga ibigomba gukorwa kuri aya masezerano.

Ku wa kane w’iki cyumweru, umujyanama wa perezida Donald Trump muri Afrika, Massad Boulos, yari yatangaje ko ibihugu byombi byamaze gukora akazi gakomeye kubijyanye n’ibigomba gukorwa kuri uwo mushinga , kandi ko ntakabuza ibi bihugu biza gutanga impapuro za nyuma kuri uyu wa gatanu.

Boulos yatangaje ibi nyuma y’aho habaye ibiganiro byahuje u Rwanda, RDC na Qatar i Doha . Ni ibiganiro amakuru avuga ko buri ruhande rwari rwabyoherejemo intumwa zayo zikora mu nzego z’umutekano n’ubutasi.

Ubundi kandi umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ushyinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yemeye ko azongera guhura na ba minisitiri b’ubanye n’amahanga ba RDC n’u Rwanda bakemereza hamwe.

Mu gihe ibyo byarangiye, hazakurikiraho gahunda yo gutegura isinywa rya nyuma. Byitezwe ko Trump azakira muri White House, perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we perezida Paul Kagame, amasezerano agashyirwaho umukono.

Binitezwe ko muri uwo muhango ko hazatumizwa n’abandi bakuru bibihugu batandukanye bagize uruhare mu rugendo rwaganishije ku gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Mbere yuko amasezerano asinywa, Amerika isobanura ko impande zombi hari ibyo zigomba kuzabanza kumvikanaho. Birimo ko RDC igomba gukemura burundu ibibazo by’umutekano birimo n’ikibazo cya FDLR.

Congo kandi igomba kuzabanza kurangiza amavugurura y’imbere mu gihugu ajyanye n’imiyoberere nogusaranganya inyungu mu materitware ayigize.

Ibihugu byombi bigomba kandi kuzemera ko buri kimwe hari amasezerano kigomba kugirana na Amerika ajyanye n’ubukungu.

Nyamara kandi ku wa gatatu w’iki cyumweru, hashyizweho komite igamije kugenzura uburyo izi ngingo zigomba kubahirizwa, irimo Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Qatar, u Bufaransa na Togo ihagarariye umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Ikindi cyakozwe, ni uko hakuweho ibiganiro byabaga binyuze muri gahunda ya EAC na SADC, bikaba byarahurijwe mu mutaka wa Afrika Yunze ubumwe, bivuze ko bizajya bikorwa birangajwe imbere na Togo.

Tags: Amasezerano y'amahoroRdcRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yashinje Impuguke za Loni Kubogamira kuri FDLR

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye ku...

Read moreDetails

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland Sonia Rolland, umukinnyi wa filime wamamaye ku rwego mpuzamahanga wanabaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryasabye Leta y’u Burundi gufungura umupaka...

Read moreDetails
Next Post
Icyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC basabye amahanga.

Icyo abatavuga rumwe n'ubutegetsi muri RDC basabye amahanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?