• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa guhonyanga ikiremwa muntu bishingiye ku bwoko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni byongeye kuba ku munsi w’ejo tariki ya 23/02/2024, bi bereye i Bukavu, kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga n’uko kuri uyu wa Kane, Abanyamulenge bafunzwe ku bwinshi, ahanini mu bafunzwe bose bo mu Banyamulenge nta wabwiwe i cyatumye afungwa, bikavugwa ko bazize ubwoko bwabo.

Mubafunzwe harimo Colonel Boss, Captain Mutware, Nsabigaba, pasiteri Sebikabu, Kibuye, Fashi, n’abandi.

Gusa muri aba harimo abaje kurekurwa, harimo Nsabigaba na Captain Mutware, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga, ariko barekurwa batabwiwe icyo bari bafungiwe.

Iy’i nk’uru ikomeza ivuga ko harimo n’abasirikare bakuru bo kurwego rwa Colonel na Major, ba Banyamulenge bari barimwe akazi, ku munsi w’ejo nyine, hafatwamo abagera kuri 6 boherezwa i Kamina, mu cya hoze ari Katanga.

Umwe mu Banyamulenge baturiye ibyo bice yabwiye MCN, ko ibirimo gukorerwa abanyekongo ba Banyamulenge, ko bi babaje ko ndetse nta nicyizere bagifitiye ubutegetsi.

Yagize ati: “Captain Mutware, mu ifungwa rye harimo kurengwanwa n’ubwo yaje gufungurwa, ariko mbere Etat Major yari yamuhinduriye post akoraho, barya n’ubundi yatsimbuye ba mugirira ishyari ba murega kwa General ureba region, muri iyiminsi yitabaga kwa General yamara kubazwa agasubira mu rugo iwe.”

Yakomeje agira ati: “Habaye kuri uyu wa Kane, Mutware yerekera Kavumu ahari amatungo ye, arimo inka n’andi matungo magufi, bityo abasirikare bahise ba mufata bavuga ko atorotse igisirikare agiye mu inyeshamba, arafungwa yirigwa muri gereza kuri ubu biravugwa ko yafunguwe. Aba mufashe nibarya bari bamugiriye ishari rya post yahawe.”

Abanyamulenge ntako batagira ngo bakorere leta ya Kinshasa neza, ariko bikarangira iyo leta ibituye ku bafunga, ku bica no kubita abashitsi mu gihugu cyabo, ibi nibivugwa nabamwe mu Banyamulenge, baturiye i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

           MCN.
Tags: AbanyamulengeIhonyangwa rikomeye ry'ikiremwa muntuMu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoRikorerwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?