Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa guhonyanga ikiremwa muntu bishingiye ku bwoko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ni byongeye kuba ku munsi w’ejo tariki ya 23/02/2024, bi bereye i Bukavu, kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga n’uko kuri uyu wa Kane, Abanyamulenge bafunzwe ku bwinshi, ahanini mu bafunzwe bose bo mu Banyamulenge nta wabwiwe i cyatumye afungwa, bikavugwa ko bazize ubwoko bwabo.

Mubafunzwe harimo Colonel Boss, Captain Mutware, Nsabigaba, pasiteri Sebikabu, Kibuye, Fashi, n’abandi.

Gusa muri aba harimo abaje kurekurwa, harimo Nsabigaba na Captain Mutware, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga, ariko barekurwa batabwiwe icyo bari bafungiwe.

Iy’i nk’uru ikomeza ivuga ko harimo n’abasirikare bakuru bo kurwego rwa Colonel na Major, ba Banyamulenge bari barimwe akazi, ku munsi w’ejo nyine, hafatwamo abagera kuri 6 boherezwa i Kamina, mu cya hoze ari Katanga.

Umwe mu Banyamulenge baturiye ibyo bice yabwiye MCN, ko ibirimo gukorerwa abanyekongo ba Banyamulenge, ko bi babaje ko ndetse nta nicyizere bagifitiye ubutegetsi.

Yagize ati: “Captain Mutware, mu ifungwa rye harimo kurengwanwa n’ubwo yaje gufungurwa, ariko mbere Etat Major yari yamuhinduriye post akoraho, barya n’ubundi yatsimbuye ba mugirira ishyari ba murega kwa General ureba region, muri iyiminsi yitabaga kwa General yamara kubazwa agasubira mu rugo iwe.”

Yakomeje agira ati: “Habaye kuri uyu wa Kane, Mutware yerekera Kavumu ahari amatungo ye, arimo inka n’andi matungo magufi, bityo abasirikare bahise ba mufata bavuga ko atorotse igisirikare agiye mu inyeshamba, arafungwa yirigwa muri gereza kuri ubu biravugwa ko yafunguwe. Aba mufashe nibarya bari bamugiriye ishari rya post yahawe.”

Abanyamulenge ntako batagira ngo bakorere leta ya Kinshasa neza, ariko bikarangira iyo leta ibituye ku bafunga, ku bica no kubita abashitsi mu gihugu cyabo, ibi nibivugwa nabamwe mu Banyamulenge, baturiye i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

           MCN.
Tags: AbanyamulengeIhonyangwa rikomeye ry'ikiremwa muntuMu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoRikorerwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?