• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Isubiranamo ry’Ababembe n’Ababuyu rishingiye ku butaka, rya bereye muri teritware ya Kabambari mu Ntara ya Maniema mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni imirwano imaze igihe, ariko ikaba yarongeye gufata indi ntera ku buryo budasanzwe kuva tariki ya 11/12/2024.

Amakuru ava muri ibyo bice bikomeje kuberamo imirwano byo muri teritware ya Kabambari avuga ko mu Cyumweru cyo hirya kugeza ku wa gatanu w’iki Cyumweru dusoje byabayemo ihangana rikomeye hagati y’aya moko yombi.

Iri hangana rikaba ryarasize abantu bagera ku 7.200 bavanywe mu byabo nyuma y’imirwano.

Ni amakuru kandi avuga ko abarwana ku ruhande rw’Ababembe baturutse mu duce two muri Secteur ya Ngandji muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko byemezwa na perezida wa sosiyete sivile wo muri Fizi, Samy Kalonji Badibanga.

Uyu Samy Kalonji Badibanga yanavuze ko yageze ahitwa i Lwiko ho muri Kabambari mu rwego rwo guhuza impande zihanganye ariko biba ibyubusa.

Ikindi yavuze nuko aha i Lwiko yageze ni ko gace katangiriyemo imirwano yo gusubiranamo hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

Avuga kandi ko abahunze benshi kuri ubu barara mu mashyamba, abandi bafite abana bagiye bahungira mu mashuri no mu nsengero, ziri ahitwa Penemembe no mu tundi duce turi munkengero yayo.

Kugeza ubu abakuwe mu byabo nta mfashanyo barahabwa, nk’uko sosiyete sivile yakomeje ibivuga.

Tags: AbabembeAbabuyuIsubiranamoKabambali
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ruzinduko rudasanzwe Tshisekedi yagiriye i Bujumbura, n’uko intambara ihagaze muri Lubero.

Ibyo wa menya ku ruzinduko rudasanzwe Tshisekedi yagiriye i Bujumbura, n'uko intambara ihagaze muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?