Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari gukorwa umuhanda uhuza Baraka na Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 2, 2024
in Regional Politics
1
Hari gukorwa umuhanda uhuza Baraka na Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari gukorwa umuhanda uhuza centre ya Baraka n’agace ka Bibogobogo, ahatuwe n’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge benshi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’i bikorwa bihagarariwe na M. Patrick Irihose Neri , uvuka mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko bivugwa iyi gahunda izamara igihe kingana n’amezi icenda, bahereye muri uku kwezi kwa Gatatu, uy’u mwaka.

Mu butumwa bwanditse Minembwe Capital News yabwiwe n’abaturiye agace ka Bibogobogo, buvuga ko Neri uhagarariye umushinga wo gukora umuhunda uhuza Bibogobogo na Centre ya Baraka, yafashe abakozi bamwe bahera gukora uwo muhanda mu Bibogobogo, abandi bakora baturutse i Baraka.

Aba bakazaja guhurira hagati, nk’uko ibi bivugwa n’abamwe mubakozi bari gukora uwo muhanda.

Neri ubwe, uhagarariye ibyo bikorwa yavuze ko gukora umuhanda wa centre ya Baraka na Bibogobogo ko birimo guterwa inkunga ni Bank y’isi/PCAGL/UNOPS.

Yagize ati: “Ibi bikorwa biri guterwa inkunga ni Bank y’isi, PCAGL/ UNOPS, tuzamara igihe kingana n’amezi icenda, dusoze.”

Yunzemo kandi ati: “Imulenge ntihazasenyuka kandi hafite abantu, tugomba gukora ibishoboka byose tukahateza imbere.”

Tu bibutsa ko ahagana tariki ya 01/10/2020, ari bwo kandi Neri yari ahagarariye ibikorwa nk’ibi byo gukora imihanda ihuza Bibogobogo n’ibice bya Lusenda.

         MCN.
Tags: BarakaBibogobogoumuhanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Igisirikare cy'u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Comments 1

  1. Byicaza Eric says:
    1 year ago

    Courage bwana Neri Nabomufatanijebosee iryoterambere Rizagerehosee murihau plateaux mabarabara zijengwee kiramahari muzone D’Uvira namwengaa Kuanzia Rurambo indondoyote naminembwe had I nafizi nanganja

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?