• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari gukorwa umuhanda uhuza Baraka na Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
March 2, 2024
in Regional Politics
1
Hari gukorwa umuhanda uhuza Baraka na Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari gukorwa umuhanda uhuza centre ya Baraka n’agace ka Bibogobogo, ahatuwe n’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge benshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i bikorwa bihagarariwe na M. Patrick Irihose Neri , uvuka mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko bivugwa iyi gahunda izamara igihe kingana n’amezi icenda, bahereye muri uku kwezi kwa Gatatu, uy’u mwaka.

Mu butumwa bwanditse Minembwe Capital News yabwiwe n’abaturiye agace ka Bibogobogo, buvuga ko Neri uhagarariye umushinga wo gukora umuhunda uhuza Bibogobogo na Centre ya Baraka, yafashe abakozi bamwe bahera gukora uwo muhanda mu Bibogobogo, abandi bakora baturutse i Baraka.

Aba bakazaja guhurira hagati, nk’uko ibi bivugwa n’abamwe mubakozi bari gukora uwo muhanda.

Neri ubwe, uhagarariye ibyo bikorwa yavuze ko gukora umuhanda wa centre ya Baraka na Bibogobogo ko birimo guterwa inkunga ni Bank y’isi/PCAGL/UNOPS.

Yagize ati: “Ibi bikorwa biri guterwa inkunga ni Bank y’isi, PCAGL/ UNOPS, tuzamara igihe kingana n’amezi icenda, dusoze.”

Yunzemo kandi ati: “Imulenge ntihazasenyuka kandi hafite abantu, tugomba gukora ibishoboka byose tukahateza imbere.”

Tu bibutsa ko ahagana tariki ya 01/10/2020, ari bwo kandi Neri yari ahagarariye ibikorwa nk’ibi byo gukora imihanda ihuza Bibogobogo n’ibice bya Lusenda.

         MCN.
Tags: BarakaBibogobogoumuhanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Igisirikare cy'u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Comments 1

  1. Byicaza Eric says:
    2 years ago

    Courage bwana Neri Nabomufatanijebosee iryoterambere Rizagerehosee murihau plateaux mabarabara zijengwee kiramahari muzone D’Uvira namwengaa Kuanzia Rurambo indondoyote naminembwe had I nafizi nanganja

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?