Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 6, 2025
in World News
0
Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

You might also like

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Repubulika y’u Rwanda yamaganye icyemezo cy’u Budage bwiyongeye ku bihugu bimaze kuyifatira ibihano, inenga ukuntu ubufatanye mu iterambere bukomeje kugirwa igikoresho cya politiki ndetse rwibutsa u Budage uruhare rwabwo mu mateka y’amakimbirane akomeje kugaragara mu karere.

Bikubiye mu itangazo u Rwanda rwashyize ahagaragara, aho ruvuga ko igikoresho cya politiki ubufatanye mu iterambere kwa Leta y’agateganyo y’u Budage ari amakosa kandi ari inzira idatanga umusaruro.

Iryo tangazo rigira riti: “U Budage buvuguruza ubwabwo ibyo buvuga ko bushyigikiye gahunda iyobowe na Afrika yo gukemura amakimbirane mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bukuraho igihugu amakosa yacyo menshi, ibyo bikaba bishimangira gusa imyifatire yo gushoza intambara no kongera amakimbirane bitari ngombwa.”

Rikomeza rigira riti: “Ku gihugu kivuga ko gifatana uburemere ibimenyetso by’ubutagondwa bushingiye ku moko, u Budage bugaragaza kutagira ubutwari busesuye bwirengagiza ikibazo umutwe w’iterabwoba wa FDLR wakoze jenocide, kandi ukaba ushyigikiwe na Congo, ndetse ukaba ugaba ibitero ku Banyamulenge(Abatutsi) bo mu Burasizuba bwa RDC.”

Muri iri tangazo kandi u Rwanda rwibukije u Budage uruhare rwabwo rw’amateka mu makimbirane akomeje mu karere, rukaba rusanga atari bwo bwari bukwiye gufata icyemezo nk’iki cyo gufatira u Rwanda ibihano.

Rigira riti: “Ibihugu nk’u Budage bifite uruhare rw’amateka mu ihungabana rikomeje kugaragara muri kano karere, bigomba kumenya ko gushyiraho ingamba z’agahato zireba uruhande rumwe bitemewe.”

Kimwecyo, u Rwanda ruvuga ko ruzakomeza kurinda umutekano w’iki gihugu cyabo, kandi ko ruzakomeza kwitabira ibikorwa byo gushakisha amahoro y’akarere.

Tags: AmatekaIbihanoRwandaU Budage
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Uwarokotse mu mpanuka y'indege ya Air India. Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y'indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y'aho...

Read moreDetails

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye. Mu Buhinde habereye impanuka idasanzwe y'indege yaritwaye abantu 242 nyuma y'aho yarimaze akanya gato imaze gufata ikirere. Uyu munsi...

Read moreDetails

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye. Ishyaka rya CNDD-FDD rya perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ryikubiye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko, ni...

Read moreDetails

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe. Uwise perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni Imana, umuhungu we ari na we mugaba mukuru w'Ingabo z'iki gihugu akamwita umwana w'Imana bamwamaganye. Uwabivuze...

Read moreDetails
Next Post
Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Ibwiriza ryahawe ingabo z'u Burundi zoherejwe muri Kivu y'Epfo kurwanya m23, rirakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?