• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibwiriza ryahawe ingabo z’u Burundi zoherejwe muri Kivu y’Epfo kurwanya m23, rirakomeye.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2025
in Regional Politics
0
Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.
147
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibwiriza ryahawe ingabo z’u Burundi zoherejwe muri Kivu y’Epfo kurwanya m23, rirakomeye.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, akomeje kwenyegeza intambara mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni mu gihe yohereje ingabo 15000 muri Kivu y’Amajyepfo mu rwego rwo kugira ngo zirukane burundu umutwe wa m23 muri iyi ntara.

Amakuru dufite avuga ko u Burundi bwohereje ingabo zabwo zirenga 15000 muri Kivu y’Epfo, hashingiwe ku masezerano iki gihugu cy’u Burundi cyagiranye n’icya RDC mu kwezi kwa munani umwaka w’2023 yo kwifatanya mukurwanya m23.

Perezida Evariste Ndayishimiye, nyuma yogusinya iryo sezerano, yahawe ishimwe rya miliyoni 2 z’amadolari y’Amerika. Buri musirikare w’u Burundi uri kuri uru rugamba yagombaga kujya yishyurwa amadolari 5000 ku kwezi, gusa byarangiye umuto yishuwe amadolari 70, ofisiye yishyurwa 100.

Ibihumbi by’abasirikare b’u Burundi byiciwe muri Kivu y’Amajyaruguru mu mwaka ushize. Abandi banze kurwana, baracyuwe, bagezeyo barafungwa. Harimo n’abandi bagiye biyambura imyenda y’igisirikare bakibera abaturage bo muri Congo.

Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, abasirikare 48 b’u Burundi banze kurwanya m23, bahita bajanwa gufungirwa ahantu hibanga, bashinjwa kwigomeka.

Ubwo perezida w’u Burundi yahuraga n’abahagarariye ibihugu byabo i Bujumbura tariki ya 27/02/2025, yatangaje ko ashyigikiye ko intambara yo mu Burasizuba bwa RDC yakemurwa mu nzira y’amahoro, ariko ibikorwa bye bihabanye n’aya magambo.

Amakuru ava i Uvira avuga ko Ndayishimiye yohereje abasirikare benshi muri iki gice cyo muri Kivu y’Amajyepfo, kugira ngo bakure m23 mu bice yafashe, birimo umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.

Aba basirikare bagaragaye i Uvira, mu Kibaya cya Rusizi, abandi bazamutse imisozi ya Uvira, ndetse abandi bakomeza umuhanda wa Uvira-Baraka muri Fizi.

Kohereza aba basirikare muri Congo ntibigamije gusa gusahaka inyungu bwite kwa Ndayishimiye, ahubwo binashimangira ingengabitekerezo yo kwanga Abatutsi ahuriyeho na perezida Felix Tshisekedi ndetse n’umutwe wa FDLR wagize uruhare muri jenocide yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Yaba Ndayishimiye cyangwa Tshisekedi na FDL, bumva ko m23 ari umutwe ugizwe n’Abatutsi gusa, babishingiye kukuba barwanira Abanye-Congo bamaze imyaka myinshi batotezwa.

Ahagana tariki ya 23/02/2025, ni bwo kandi abasirikare b’u Burundi bavuzwe mu Kibaya cya Rusizi kiri hagati ya Mitumba n’uruzi rwa Rusizi, rutandukanya RDC, u Burundi n’u Rwanda.

Aba basirikare b’u Burundi bamaze kwambuka i Uvira bavuye i Bujumbura mu Burundi bahawe itegeko ko uzogerageza kwambuka uruzi rwa Rusizi, asubira i Burundi, azaraswa nk’umwanzi wese ushobora gutera iki gihugu cy’u Burundi.

Abandi basirikare b’u Burundi benshi bakoresha imbunda nini boherejwe ku mupaka wa Vugizo ku ruhande rw’u Burundi, ndetse bahafite na drone igenzura umutekano n’imbunda nini za 120mm na 122mm.

Nyamara bamwe bo mu ngabo z’u Burundi ntibumva ukuntu bakomeza kugaba ibitero kuri m23 bonyine, mu gihe ingabo za Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe igize ihuriro rya Wazalendo bo badashaka kurwana. Ni mu gihe kandi hari abandi bayobozi bakuru mu gisirikare cya RDC batumva uburyo abasirikare babo bakomeza gupfira muri iyi ntambara.

Ikindi n’uko ubutumwa bw’ingabo z’u Burundi bwakomeje guteza impaka, ubwo byamenyekanaga ko amafaranga menshi yagenewe aba basirikare ajya mu mufuka wa Ndayishimiye. Hari abinubira kujya ku rugamba batazi impamvu yarwo no kubura ibikoresho bihagije.

Tags: IbwirizaIngabo z'u Burundi
Share59Tweet37Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Muri Katanga barashinja Tshisekedi n’umuryango we kubasahura.

Muri Katanga barashinja Tshisekedi n'umuryango we kubasahura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?