• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2025
in World News
0
Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

Repubulika y’u Rwanda yamaganye icyemezo cy’u Budage bwiyongeye ku bihugu bimaze kuyifatira ibihano, inenga ukuntu ubufatanye mu iterambere bukomeje kugirwa igikoresho cya politiki ndetse rwibutsa u Budage uruhare rwabwo mu mateka y’amakimbirane akomeje kugaragara mu karere.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Bikubiye mu itangazo u Rwanda rwashyize ahagaragara, aho ruvuga ko igikoresho cya politiki ubufatanye mu iterambere kwa Leta y’agateganyo y’u Budage ari amakosa kandi ari inzira idatanga umusaruro.

Iryo tangazo rigira riti: “U Budage buvuguruza ubwabwo ibyo buvuga ko bushyigikiye gahunda iyobowe na Afrika yo gukemura amakimbirane mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bukuraho igihugu amakosa yacyo menshi, ibyo bikaba bishimangira gusa imyifatire yo gushoza intambara no kongera amakimbirane bitari ngombwa.”

Rikomeza rigira riti: “Ku gihugu kivuga ko gifatana uburemere ibimenyetso by’ubutagondwa bushingiye ku moko, u Budage bugaragaza kutagira ubutwari busesuye bwirengagiza ikibazo umutwe w’iterabwoba wa FDLR wakoze jenocide, kandi ukaba ushyigikiwe na Congo, ndetse ukaba ugaba ibitero ku Banyamulenge(Abatutsi) bo mu Burasizuba bwa RDC.”

Muri iri tangazo kandi u Rwanda rwibukije u Budage uruhare rwabwo rw’amateka mu makimbirane akomeje mu karere, rukaba rusanga atari bwo bwari bukwiye gufata icyemezo nk’iki cyo gufatira u Rwanda ibihano.

Rigira riti: “Ibihugu nk’u Budage bifite uruhare rw’amateka mu ihungabana rikomeje kugaragara muri kano karere, bigomba kumenya ko gushyiraho ingamba z’agahato zireba uruhande rumwe bitemewe.”

Kimwecyo, u Rwanda ruvuga ko ruzakomeza kurinda umutekano w’iki gihugu cyabo, kandi ko ruzakomeza kwitabira ibikorwa byo gushakisha amahoro y’akarere.

Tags: AmatekaIbihanoRwandaU Budage

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Ibwiriza ryahawe ingabo z'u Burundi zoherejwe muri Kivu y'Epfo kurwanya m23, rirakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?