• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe igihe ibiganiro bizabera hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa yemeye kuyamanika.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2025
in Regional Politics
0
Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe igihe ibiganiro bizabera hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa yemeye kuyamanika.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Umunsi nyirizina w’ibiganiro hagati y’umutwe wa m23 na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yari yaranze kuganira n’uyu mutwe, ariko ikaza kwisubiraho, wamaze gutangazwa.

Byatangajwe na perezidansi ya Angola, aho yatangaje ko yiteguye kwakira ibiganiro hagati y’intumwa za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa m23.

Iyi perezidansi ihita igaragaza ko ibyo biganiro bizaba tariki ya 18/03/2025, ubwo akaba ari mu cyumweru gitaha.
Ubwo aya makuru yavugwaga bwa mbere ku wa kabiri, nyuma y’aho perezida Tshisekedi wa RDC na mugenzi we Joao Lourenco wa Angola bari bahuriye i Luanda muri Angola bakaza kwemezanya ibyo biganiro; perezidansi y’iki gihugu cya Angola yahise itangaza ko iki gihugu cyemeye guhuza Congo na M23.

Bizaba bibaye ubwa mbere guverinoma ya Kinshasa kwemera kwicarana kumeza imwe y’ibiganiro n’umutwe wa m23 urwanya iyi guverinoma.

Ibiganiro byagiye bitumizwa mbere ntibyigeze bishobora guhagarika intambara, ahanini bikagaragara ko ari ukubera ko uyu mutwe utatumizwaga muri ibyo biganiro.

Rero, itangazo ibiro byumukuru w’igihugu cya Angola byashyize hanze rigira riti: “Dukurikije intambwe zafashwe n’ubuhuza bwa Angola, intumwa za Congo na m23 zizatangira ibiganiro by’amahoro guhera tariki ya 18/03/2025, mu mujyi wa Luanda.”

Inshuro nyinshi perezida Felix Tshisekedi yagiye avuga ko atazigera agirana ibiganiro na m23, umutwe avuga ko ushyigikiwe n’u Rwanda, ibyo rwagiye rutera utwatsi, hubwo rugashinja iyi Leta y’i Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Usibye n’u Rwanda, uyu mutwe nawo uhakana ko udafashwa n’u Rwanda. Kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, m23 yatangiye gufata ibice bikomeye, birimo icy’u mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, na Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo.

Nyuma yogufata ibyo bice binini, wakomeje gufata n’ibindi, ndetse kuri ubu uzengurutse umujyi wa Uvira, aho kandi wafashe n’imisozi ya Rurambo ahazwi nk’i Mulenge muri teritware ya Uvira.

Tags: 18/03/2025ibiganiroKinshasaLuandaM23
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Abaturage bari kwicwa i Uvira bicwa na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?