Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ikigiye gukorwa kugira ngo umutekano wa Goma urushyeho kumera neza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 8, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ikigiye gukorwa kugira ngo umutekano wa Goma urushyeho kumera neza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe ikigiye gukorwa kugira ngo umutekano wa Goma urushyeho kumera neza.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni bikubiye mu itangazo ry’ubuyobozi bwa karere ka gisirikare ka 34 aho kamenyesheje abasirikare n’abapolisi kwandikisha imbunda zabo murwego rwo gushakira amahoro n’umutekano aka karere.

Iri tangazo ritangira rivuga ko komanda wa karere ka gisirikare ka 34 na komanda w’ingabo zo muri Task Force, major Gen Elengmbia Dieu Nzambe Gentil amenyesha ibi bikurikira: Abapolisi n’abasirikare basabwa kwandisha imbunda zabo, kandi ko abarebwa n’iri tangazo ari abaherereye i Goma ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iri tangazo riteweho umukono n’umuvugizi Waka karere ka gisirikare ka 34, bwana Lt Col Guillaume Ndjike Kaiko rinamenyesha abasirikare n’abapolisi ko iki gikorwa cyo kwandikisha imbunda zabo kigomba gukorwa bitarenze amasaha 48.

Iri tangazo kandi rimenyesha ko ibyo kwandisha imbunda z’aba bapolisi n’abasirikare ko biri buze kubera ku cyicyaro cy’u buyobozi bwaka karere ka gisirikare ka 34 .

Ibi bikozwe nyuma yaho umutekano wari ukomeje kurushaho kuzamba, ndetse bikaba byari bigeze ku kigero kiri hejuru cyane, aho abajura biba kandi bakibisha imbunda umunsi ku wundi muri uyu mujyi wa Goma.

Usibye ubujura buri mu biteza umutekano muke muri uyu mujyi wa Goma, n’abasivile bicwa umunsi ku wundi kandi ahanini bikavugwa ko bicwa na Wazalendo ndetse ubundi bikavugwa ko bicwa n’abasirikare ba FARDC.

Ibi by’ubujura n’ubwicanyi bikaba bimaze hafi igihe kingana n’imyaka igiye kuba itatu bivugwa i Goma.

           MCN.
Tags: Abapolisi n'abasirikareGomaIkigomba gukorwaKwandisha imbunda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Hari byavuzwe biri bukorwe mu myigarambyo iteganywa none i Nairobi muri Kenya.

Hari byavuzwe biri bukorwe mu myigarambyo iteganywa none i Nairobi muri Kenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?