Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 26, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

You might also like

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono ku wa gatanu, ko ari “amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo, kandi ko azahita yemezwa burundu.

Nduhungirehe aganira n’itangazamakuru mpuzamahanga, yasobanuye ko icyakozwe tariki ya 18/06/2025, ari ukuba inzobere zaranonosoye umushinga w’amasezerano, ubundi akazasinywa ku itariki ya 27/06/2025.

Ibi yabisobanuye mu gihe ku cyumweru, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashize hanze itangazo rihuriweho n’u Rwanda na Congo, aho ryanavugaga ko amatsinda y’impande z’ibihugu byombi yemeje uyu mushinga w’amasezerano y’amahoro.

Ni itangazo kandi ryavugaga ko abaminisitiri b’ubanye n’amahanga b’ibi bihugu byombi, bazahura kuri izo tariki zavuzwe haruguru maze basinye aya masezerano y’amahoro.

Mu itangazo rya mbere n’ubundi ryatanzwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yarisobanuyemo ko nyuma yisinywa ryaya masezerano, hanategerejwe ibiganiro bizahuza abakuru b’ibihugu bigamije kugera ku masezerano arambye mu karere.

Aya masezerano kandi agiye gushyirwaho umukono mu cyumweru kimwe Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria akaba ari mu bahawe inshingano z’ubuhuza na EAC na SADC yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri RDC n’i Kigali mu Rwanda, anagirana ibiganiro n’abakuru b’ibihugu byombi, perezida Felix Tshisekedi na Paul Kagame.

Binateganyijwe ko uyu Obasanjo nyuma yokuva i Kinshasa azahita yerekeza muri Togo guha raporo perezida Faure Gnassingbé ufite munshingano z’ubuhuza ku bibazo by’intambara mu Burasizuba bwa Congo. Iyi raporo izibanda kubiganiro yagiranye na Kagame ndetse na Tshisekedi.

Tags: AmasezeranoU RwandaY'amahoro
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa. Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, agirana ibiganiro n'umukuru w'iki...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Perezida Museveni yavuze amavu n'amavuko y'intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n'uko yorangizwa. Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko intambara ihanganishije Israel, Iran na...

Read moreDetails

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze. Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Miseveni azongera yiyamamaze mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu umwaka utaha wa 2026. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Ni kuri uyu wa...

Read moreDetails

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y'Epfo, menya ikihamugenza. Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, asimburwa na Felix Tshisekedi uyoboye iki gihugu,...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?