• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 26, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono ku wa gatanu, ko ari “amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo, kandi ko azahita yemezwa burundu.

Nduhungirehe aganira n’itangazamakuru mpuzamahanga, yasobanuye ko icyakozwe tariki ya 18/06/2025, ari ukuba inzobere zaranonosoye umushinga w’amasezerano, ubundi akazasinywa ku itariki ya 27/06/2025.

Ibi yabisobanuye mu gihe ku cyumweru, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashize hanze itangazo rihuriweho n’u Rwanda na Congo, aho ryanavugaga ko amatsinda y’impande z’ibihugu byombi yemeje uyu mushinga w’amasezerano y’amahoro.

Ni itangazo kandi ryavugaga ko abaminisitiri b’ubanye n’amahanga b’ibi bihugu byombi, bazahura kuri izo tariki zavuzwe haruguru maze basinye aya masezerano y’amahoro.

Mu itangazo rya mbere n’ubundi ryatanzwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yarisobanuyemo ko nyuma yisinywa ryaya masezerano, hanategerejwe ibiganiro bizahuza abakuru b’ibihugu bigamije kugera ku masezerano arambye mu karere.

Aya masezerano kandi agiye gushyirwaho umukono mu cyumweru kimwe Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria akaba ari mu bahawe inshingano z’ubuhuza na EAC na SADC yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri RDC n’i Kigali mu Rwanda, anagirana ibiganiro n’abakuru b’ibihugu byombi, perezida Felix Tshisekedi na Paul Kagame.

Binateganyijwe ko uyu Obasanjo nyuma yokuva i Kinshasa azahita yerekeza muri Togo guha raporo perezida Faure Gnassingbé ufite munshingano z’ubuhuza ku bibazo by’intambara mu Burasizuba bwa Congo. Iyi raporo izibanda kubiganiro yagiranye na Kagame ndetse na Tshisekedi.

Tags: AmasezeranoU RwandaY'amahoro
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n'u mutwe wa FDLR. U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, rwatangaje ko ibikorwa by'umutwe w'iterabwoba wa FDLR ruruteye inkenke...

Read moreDetails

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho. Mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba mu mwaka wa 2004 mu gihugu cy'u Burundi bavuze ko basanga...

Read moreDetails

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi n'umugaba mukuru w'Ingabo z'icyo gihugu, General Prime Niyongabo, bararebana ay'ingwe bapfa amabuye...

Read moreDetails

Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

Intambara ihuza ingabo za RDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda nazo ngo zishobora kuyinjiramo, soma Inkuru irambuye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?