Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in Regional Politics
1
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

You might also like

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

Gen.Muhoozi yavuze igisirikare cy’ikindi gihugu kirutwa na FARDC.

U Burundi bwitikiriye ijoro bwa mbutsa intwaro nyinshi buziha insoresore zo muri Wazalendo n’Imbonerakure zabwo kugira ngo zihungabanye umutekano muri Congo ubundi zinice Abatutsi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni byagarutsweho n’ihuriro rya AFC/M23 aho umuvugizi waryo mu bya politiki, Lawrence Kanyuku, yasobanuye ko aya makuru bayamenye ubwo abarwanyi babo bafataga FDLR, Wazalendo na FARDC bamaze iminsi bahungabanya umutekano w’umujyi wa Goma.

Kanyuku yagize ati: “Turashima ubunyamwuga bwa AFC/M23, ibikorwa byayo ntibyafashije mu guhagarika ubwicanyi bukorerwa abasivili gusa, kuko byanahishuye uruhare rw’u Burundi.”

Imitwe ya Wazalendo ikomeje kurwana na Twirwaneho muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ari na ko ikomeza gukorera abasivili ubugizi bwa nabi burimo ubwicanyi.

Yanasobanuye ko intwaro Wazalendo bari kwifashisha muri ibi bihe bazihawe n’u Burundi.

Yagize ati: “U Burundi buri kohereza imbonerakure n’ingabo zo gufasha Leta y’i Kinshasa mu bikorwa byo kwica abaturage, buha intwaro n’amafaranga imitwe ya Wazalendo muri Uvira n’ahandi.”

Ibyo u Burundi buri kubikora mu gihe tariki ya 23/04/2025, AFC/M23 na Leta ya Congo byatangaje ko byagiranye amasezerano, bigizwemo uruhare na Qatar, kugira ngo ibiganiro by’amahoro bibera ku murwa mukuru w’iki gihugu wa Doha bikomeze kuba mu mwuka mwiza.

Rero, AFC/M23 igaragaza ko RDC iri kurenga kuri ayo masezerano, imenyesha umuryango mpuzamahanga ko yiteguye kurinda umutekano n’abasivili no gusenya ikibi aho gituruka hose.

Tags: Kwica AbaturagePerezida w'u BurundiUvira
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo. Inzego z'umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n'ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari...

Read moreDetails

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

Ikizakorwa mbere y'uko FDLR isenywa. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatanze umucyo kubibaza uko umutwe w'iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze igisirikare cy’ikindi gihugu kirutwa na FARDC.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen Muhoozi yavuze igisirikare cy'ikindi gihugu kirutwa na FARDC. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yibasiye igisirikare cya Kenya (KDF), avuga ko kirutwa n'icya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yaburiye buri muntu wese ngo wigamba ko azatera u Rwanda, ababwira ko kuba rudafite...

Read moreDetails

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

"Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa," Perezida Kagame. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagaragaje ko raporo z'impuguke za L'oni zitajya zivuga ubufasha Congo iha umutwe wa FDLR,...

Read moreDetails
Next Post
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

M'u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    2 months ago

    Uburundi turabwamanye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?