Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in Regional Politics
1
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

You might also like

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

U Burundi bwitikiriye ijoro bwa mbutsa intwaro nyinshi buziha insoresore zo muri Wazalendo n’Imbonerakure zabwo kugira ngo zihungabanye umutekano muri Congo ubundi zinice Abatutsi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni byagarutsweho n’ihuriro rya AFC/M23 aho umuvugizi waryo mu bya politiki, Lawrence Kanyuku, yasobanuye ko aya makuru bayamenye ubwo abarwanyi babo bafataga FDLR, Wazalendo na FARDC bamaze iminsi bahungabanya umutekano w’umujyi wa Goma.

Kanyuku yagize ati: “Turashima ubunyamwuga bwa AFC/M23, ibikorwa byayo ntibyafashije mu guhagarika ubwicanyi bukorerwa abasivili gusa, kuko byanahishuye uruhare rw’u Burundi.”

Imitwe ya Wazalendo ikomeje kurwana na Twirwaneho muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ari na ko ikomeza gukorera abasivili ubugizi bwa nabi burimo ubwicanyi.

Yanasobanuye ko intwaro Wazalendo bari kwifashisha muri ibi bihe bazihawe n’u Burundi.

Yagize ati: “U Burundi buri kohereza imbonerakure n’ingabo zo gufasha Leta y’i Kinshasa mu bikorwa byo kwica abaturage, buha intwaro n’amafaranga imitwe ya Wazalendo muri Uvira n’ahandi.”

Ibyo u Burundi buri kubikora mu gihe tariki ya 23/04/2025, AFC/M23 na Leta ya Congo byatangaje ko byagiranye amasezerano, bigizwemo uruhare na Qatar, kugira ngo ibiganiro by’amahoro bibera ku murwa mukuru w’iki gihugu wa Doha bikomeze kuba mu mwuka mwiza.

Rero, AFC/M23 igaragaza ko RDC iri kurenga kuri ayo masezerano, imenyesha umuryango mpuzamahanga ko yiteguye kurinda umutekano n’abasivili no gusenya ikibi aho gituruka hose.

Tags: Kwica AbaturagePerezida w'u BurundiUvira
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibyatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika byo guhagarika...

Read moreDetails

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya. Urubyiruko n'abahoze mu gisirikare n'igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo i Goma no mu nkengero zayo, bakomeje kwiyunga ku bwinshi ku...

Read moreDetails

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda. Igisirikare cy'u Burundi (FDNB) cyatangaje ko giheruka kwivugana inyashyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FNL urwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

Kera kabaye, perezida w'u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda. Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi aravuga ko perezida w'iki gihugu, Evariste Ndayishimiye, ko ashobora kwerekeza vuba mu...

Read moreDetails

Ikivugwa ku masezerano y’u Rwanda na RDC, mu gihe ikibazo cy’Abatutsi ba Banye-Congo cyo kwirengangizwa na Amerika.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Rwanda and DRC Sign Historic Peace Accord in US. Trump Celebrates Breakthrough.

Ikivugwa ku masezerano y'u Rwanda na Congo, mu gihe ikibazo cy' Abatutsi ba Banye-Congo cyo kwirengangizwa na Amerika. Repubulika ya demokarasi ya Congo n'u Rwanda ni ibihugu bihuriye...

Read moreDetails
Next Post
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

M'u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    1 day ago

    Uburundi turabwamanye

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?