Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Masango ho muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hateguwe i Nama idasanzwe izahuza amoko yose aturiye ibyo bice.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’i Nama igamije gushakirahamwe ubumwe n’ubwiyunge, izaba tariki ya 26/01/2024, ikazabera mu bice byo muri Localite ya Masango izahuza Abanyamulenge, Ababembe, Abapfulero n’Abanyintu, bo muri Grupema ya Bijombo.

Ahagana tariki ya 08/12/2023, mu Masango, hari hateguwe i Nama izahuza ariya moko yose aturiye Grupema ya Bijombo, biza kurangira iriya Nama itabaye ku bw’umutekano muke nk’uko iy’inkuru yavuzwe na bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Ubwo bayiteguraga yari yateguwe n’umusirikare uyoboye Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, Colonel Georges Nzibarega, afatanije n’ubuyobozi bwa Grupema ya Bijombo, Chef Rwigina Rwizigirwa ndetse n’aba Chefs bagize Localite zigize iyo Grupema.

Bizwi ko mu Masango hagiye havugwa umutekano muke ahanini uterwa n’ubwicanyi bukorwa n’Abapfulero, aho bica abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Inzira ya Masango yongeye kugira agahenge ku Banyamulenge, nyuma y’uko Abanyamulenge batangiye kw’iyunga n’Abapfulero, Ababembe n’Abanyintu, mu mpera z’u mwaka ushize w’2023.

Kuva mu mwaka w’2017 Abanyamulenge bagiye bagirira ibyago muri biriya bice bya Masango abenshi barishwe abandi barashimutwa abishimuswe bakaza kurekurwa aruko hatanzwe Amafaranga.

Ahagana mu ntangiriro z’umwaka w’2022, mu Masango habaye intambara zikomeye zasize zisenye ako karere. Gusa kuri ubu Masango imaze kongera kubakwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Hateguwe i Nama idasanzweIzahuza amoko yose aturiye Grupema ya BijomboMasango
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Indirimbo yaraye iririmbwe na Choir Elohim, mu giterane cy’urubyiruko i Nakivale, yabyukije ibyishimo byejejwe by’Abakirisitu, maze haba ibintu bishya.

Indirimbo yaraye iririmbwe na Choir Elohim, mu giterane cy'urubyiruko i Nakivale, yabyukije ibyishimo byejejwe by'Abakirisitu, maze haba ibintu bishya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?