• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n’umuryango wa Lumumba.

minebwenews by minebwenews
January 17, 2025
in Regional Politics
0
Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n’umuryango wa Lumumba.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n’umuryango wa Lumumba.

You might also like

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

Umuryango wa Emery Patrice Lumumba wafashe icyemezo cyo kutitabira umuhango wateguwe n’igihugu wo kwibuka ku nshuro ya 64 iyicwa ry’umubyeyi wabo, Lumumba wabaye minisitiri w’intebe wa mbere muri iki gihugu.

Ni kuri uyu wa gatanu tariki ya 17/01/2025 ibiro ntara makuru by’Abanyekongo, byatangaje ko Roland Lumumba, umuhungu w’intwari y’igihugu, ko yavuze ko umuryango we utitabira umuhango wo kwibuka se ngo kuko Leta yatesheje agaciro imva ya se.

Nk’uko ibiro ntara makuru by’Abanyekongo byabitangaje byavuze ko Roland Lumumba yabibwiye ati: “Nta gikorwa turi bwitabire kijanye no kwibuka intwari y’iki gihugu, Patrice Lumumba. Kuko tuzi neza ko imva ya data Leta yayitesheje agaciro. Misa yo kumwibuka kubera ko turi abakristo tuzayikorera iwacu mu rugo.”

Irimbi ry’intwari y’igihugu, Emery Patrice Lumumba ry’ubatse ahitwa Place de l’Echangeur de Limete muri Kinshasa. Yangirijwe ku ya 19/12/2024.

Amakuru avuga ko ibirahuri byayo byaramenywe, bikaba byarakozwe n’abantu bataramenyekana. Uyu muryango wa Patrice Lumumba ushinja Leta kuba itarakoze iperereza ry’imbitee kuri icyo gikorwa kigayitse.

Gusa, icyo gihe abantu batandatu batawe muri yombi bazira gutesha agaciro imva ya Patrice Lumumba abandi barabura, bikavugwa ko ababuze ari abantu bakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Mu gihe abafashwe bivugwa ko babeshewe.

Tubibutse ko kuri iyi tariki ya 17/01 ni yo Abanyekongo bose mu gihugu bajya bibuka Emery Patrice Lumumba wishwe mu mwaka w’ 1961.

Tags: RdcRoland Lumumba
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere Mu burengerazuba bw’u Burundi, mu ishyamba rinini rya Kibira riherereye muri komine ya Bukinanyana, hamaze...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ko atazihanganira abayobozi batita ku...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yongeye kwibutsa umuryango mpuzamahanga inshingano ufite zo gukumira ibyaha ndengakamere, ashimangira...

Read moreDetails

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails
Next Post
Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?