Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru y’abapolisi ba RDC bari barahungiye muri Uganda uko bacyuwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 17, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru y’abapolisi ba RDC bari barahungiye muri Uganda uko bacyuwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’abapolisi ba RDC bari barahungiye muri Uganda uko bacyuwe.

You might also like

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Aba Polisi bagera kuri 98 ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bari barahunze intambara muri RDC nibo bacyuwe mu gihugu cyabo kuri uyu wa 16/08/2024.

Abacyuwe ba bapolisi bari hamwe n’abaturage 42 , bakaba bari barahungiye mu karere ka Kanungu ko muri Uganda. Aba bakaba bari barahunze ubwo M23 yafataga umupaka wa Ishasha tariki ya 04/08/2024.

Ibi bikaba byasobanuwe n’umusirikare ushinzwe gutanga amakuru muri divisiyo ya 2 y’ingabo za Uganda, Major Kiconco Tabaro, aba bapolisi bahunganye imyenda 41 n’udusanduku 55 twuzuye amasasu.

Major Tabaro yasobanuye ko aba bapolisi hamwe n’aba baturage b’Abanyekongo basubijwe muri RDC, banyujijwe ku mupaka wa Mpondwe-Kasindi.

Yagize ati: “Ntabwo ari ubwa mbere twakiriye abashinzwe umutekano bo muri RDC muri ibi bihe iki Gihugu kiri mu ntambara. Twabitayeho dushingiye ku itegeko mpuzamahanga, tubaha inzira yo kunyuramo.”

Mbere y’uko aba bapolisi bacyurwa, tariki ya 12/08/2024 babanje gusurwa n’intumwa za leta ya Kinshasa, zari ziyobowe na Lt Col Jacob Apunia, zagiye gusuzuma imyirondoro yabo. Zaje kwemera ko ari Abanyekongo.

Major Tabaro yasobanuye ko impunzi z’Abanye-kongo zikomeje guhungira muri Uganda, zinyuze mu duce turimo Kyeshero, Ishasha, Bunagana na Nkuringo mu karere ka Kisoro.

Uko aba Banye-kongo binjira muri Uganda ni ko Uganda ikaza umutekano ku mipaka kugira ngo hatagira abagizi ba nabi binjira muri iki gihugu.

                 MCN.
Tags: Aba polisi ba RDCBacyuwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyatumye bamwe mu basirikare bashinzwe kurinda perezida w’u Burundi bafungwa ku bwinshi.

Hamenyekanye icyatumye bamwe mu basirikare bashinzwe kurinda perezida w'u Burundi bafungwa ku bwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?