• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Bikubiye mu butumwa bwashizwe hanze n’ishami ry’u muryango w’Abibumbye ryita ku buzima WHO aho rivuga ko abantu barindwi kwaribo bamaze gukira indwara ya Sida burundu.

Virus itera Sida yavumbuwe mu 1983. Kuva icyo gihe hagiye hakorwa ubushakashatsi butandakanye kuri iyo virus, ifatwa nk’ituma umubiri ucika intege ikawambura ubudahangarwa, bikaviramo umuntu guhora arwaragurika, ni nacyo gihe bivugwa ko umuntu yarwaye Sida.

Uburyo rero budasanzwe bwakoreshwe mukuvura iy’indwara, bitangazwa ko hamaze kuboneka abantu barindwi gusa bakize iki cyorezo cya Sida, uhereye mu 2007 ari nabwo habonetse uwayikize mbere.

Mu nama mpuzamahanga yari ibaye ku nshuro ya 25 yiga kuri Sida yaberaga i Munich mu gihugu cy’u Budage yari yahurije hamwe impuguke, abashakashatsi, ndetse n’abandi benshi bafite ubumenyi butandakanye, bivugwa ko aha bahaganiriye ku bigezweho byo kurandura virus itera Sida burundu.

Binavugwa kandi ko uburyo bwakoreshejwe bwo kurandura virus itera Sida, bwiswe ‘STEM CELL TRANSPLANT’ bukaba bubabaza cyane, byongeyeho ibyago byo gupfa biba biri hejuru. Impuguke zasobanuye ko ubu buryo bw’ubuvuzi babonye bushoboka ku barwayi barwaye kanseri y’igakatu yo mu maraso ariko banafite virus itera Sida icyarimwe.

Uwitwa Adam Castillejo wo mu Mujyi wa London ufite imyaka 44, ni umwe mubakize virus itera Sida. Mu buhamya yahaye itangaza makuru yavuze ko kugira ngo akire byamaze imyaka myinshi kugira ngo byemezwe ko ubuvuzi bwatanze umusaruro mwiza, naho uwitwa Franke Marc w’imyaka 55 y’amavuko yemeje ko we yayikize burundu ndetse ko yahagaritse n’imiti.

Uhagarariye umuryango mpuzamahanga urwanya Sida, Sharon Lewin yavuze ko bishimishije kuba hari abakize, ariko yanatangaje ko ubuvuzi bwa virus itera Sida bugishoboka ku bantu bake. Ariko avuga kandi ko ibimaze gukorwa bitanga icyizere kinini ku guhangana n’iyi ndwara.

Mu 2007, umurwayi witwa Timothy Ray Brown yavuze ko yahawe imiti ivura virus itera Sida arakira. Ni nawe wari uyivuwe bwa mbere, gusa yaje gupfa nyuma ariko bivugwa ko yishwe na kanseri.

Ariko nanone kandi kugeza ubu nta muti uravugwa ko wizewe wavura Sida.

Iri shami rishinzwe ubuzima mu muryango w’Abibumbye, rinavuga ko hamaze kuboneka abantu banduye bashya basaga 1.3, mu gihe abarenga 42.3 bamaze kwicwa n’iyi virus itera Sida, abasaga bo miliyoni 40 bakaba bayimaranye igihe. Ku kigero cya 65% bafite iyi virus itera Sida batuye ku mugabane wa Afrika.

Mu ntego ziterambere z’uyu muryango, nuko mu mwaka w’ 2030 iyindwara izaba yaramaze kurandurwa burundu.

            MCN.
Tags: Abamaze gukiraSidaVirus itera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?