• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Bikubiye mu butumwa bwashizwe hanze n’ishami ry’u muryango w’Abibumbye ryita ku buzima WHO aho rivuga ko abantu barindwi kwaribo bamaze gukira indwara ya Sida burundu.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Virus itera Sida yavumbuwe mu 1983. Kuva icyo gihe hagiye hakorwa ubushakashatsi butandakanye kuri iyo virus, ifatwa nk’ituma umubiri ucika intege ikawambura ubudahangarwa, bikaviramo umuntu guhora arwaragurika, ni nacyo gihe bivugwa ko umuntu yarwaye Sida.

Uburyo rero budasanzwe bwakoreshwe mukuvura iy’indwara, bitangazwa ko hamaze kuboneka abantu barindwi gusa bakize iki cyorezo cya Sida, uhereye mu 2007 ari nabwo habonetse uwayikize mbere.

Mu nama mpuzamahanga yari ibaye ku nshuro ya 25 yiga kuri Sida yaberaga i Munich mu gihugu cy’u Budage yari yahurije hamwe impuguke, abashakashatsi, ndetse n’abandi benshi bafite ubumenyi butandakanye, bivugwa ko aha bahaganiriye ku bigezweho byo kurandura virus itera Sida burundu.

Binavugwa kandi ko uburyo bwakoreshejwe bwo kurandura virus itera Sida, bwiswe ‘STEM CELL TRANSPLANT’ bukaba bubabaza cyane, byongeyeho ibyago byo gupfa biba biri hejuru. Impuguke zasobanuye ko ubu buryo bw’ubuvuzi babonye bushoboka ku barwayi barwaye kanseri y’igakatu yo mu maraso ariko banafite virus itera Sida icyarimwe.

Uwitwa Adam Castillejo wo mu Mujyi wa London ufite imyaka 44, ni umwe mubakize virus itera Sida. Mu buhamya yahaye itangaza makuru yavuze ko kugira ngo akire byamaze imyaka myinshi kugira ngo byemezwe ko ubuvuzi bwatanze umusaruro mwiza, naho uwitwa Franke Marc w’imyaka 55 y’amavuko yemeje ko we yayikize burundu ndetse ko yahagaritse n’imiti.

Uhagarariye umuryango mpuzamahanga urwanya Sida, Sharon Lewin yavuze ko bishimishije kuba hari abakize, ariko yanatangaje ko ubuvuzi bwa virus itera Sida bugishoboka ku bantu bake. Ariko avuga kandi ko ibimaze gukorwa bitanga icyizere kinini ku guhangana n’iyi ndwara.

Mu 2007, umurwayi witwa Timothy Ray Brown yavuze ko yahawe imiti ivura virus itera Sida arakira. Ni nawe wari uyivuwe bwa mbere, gusa yaje gupfa nyuma ariko bivugwa ko yishwe na kanseri.

Ariko nanone kandi kugeza ubu nta muti uravugwa ko wizewe wavura Sida.

Iri shami rishinzwe ubuzima mu muryango w’Abibumbye, rinavuga ko hamaze kuboneka abantu banduye bashya basaga 1.3, mu gihe abarenga 42.3 bamaze kwicwa n’iyi virus itera Sida, abasaga bo miliyoni 40 bakaba bayimaranye igihe. Ku kigero cya 65% bafite iyi virus itera Sida batuye ku mugabane wa Afrika.

Mu ntego ziterambere z’uyu muryango, nuko mu mwaka w’ 2030 iyindwara izaba yaramaze kurandurwa burundu.

            MCN.
Tags: Abamaze gukiraSidaVirus itera

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?