• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igihugu cy’u Burundi, binyuze mu nteko ishinga amategeko yacyo, cyashyizeho itegeko rikomeye kubakoresha amashashi, kuburyo uzajya ayifatanwa yazajya ategekwa kuyimira.

Ni itegeko ku munsi w’ejo hashyize, tariki ya 03/03/2025, ryateweho umukono n’umuyobozi w’inteko ishinga amategeko mu Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe. Mu kwemeza iri tegeko bashingiye ku mudepite, Athanase wavuze ko ikibazo cy’isukari nke iri kugaragara mu mujyi wa Bujumbura giterwa n’amashashi yangiza ibidukikije.

Uwo mudepite yavuze ko iyo habajijwe uburyo ayo mashashi yinjizwa mu gihugu, bakoresha amayeri arimo kuyacisha mu mapine y’imodoka cyangwa ngwagashyirwa mu majerikani.

Uwo mudepite yagaragaje ko ikibazo cyariya mashashi gikwiye gushakirwa umuti na minisiteri ifite ubucuruzi mu nshingano zayo.

Umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko mu Burundi, Daniel Gélase yavuze ko nta wundi muti w’iki kibazo cya mashashi ko hubwo uzajya ayifatanwa yazajya ategekwa kuyimira, ariko ko gufungwa atari wo muti.

Ati: “Ufatanywe amashashi atatu cyangwa atanu nta kwirirwa mumufunga, yimuhe ayihekenye yose, niyuzura inda niho n’abandi bazatinya. Umucuruzi ajye ahekenya umufuka wose.”

Yakomeje avuga ati: “Buriya mutinya gutanga ibihano, ariko nk’umuntu mufatanye ishashi mujye mumubwira ayihekenye, uwa fatanywe nka 50 ajye yicara ayahekenye ayamire. Ndizera ko bizabaha isomo ntibongere.”

Uyu mukuru w’inteko ishinga amategeko, yavuze ko gufunga abafatanywe amashashi byazatuma Leta igira umutwaro wo kubagaburira no kubaha ibindi byangombwa nkenerwa.

Ati: “Ariko ni mufata nka batatu cyangwa batanu bakazimira hanyuma bakarwara munda, bazabwira abandi ko bikomeye. Nimuguma kubabwira gusa muzavuga muruhe, ni mufata umucuruzi wazo azamire izafite zose. Niba ari umufuka wose awumire.”

Tags: BurundiIshashi
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Aramukiye i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo ahiriwe imirwano ku munsi w’ejo hashyize.

Aramukiye i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo ahiriwe imirwano ku munsi w'ejo hashyize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?