• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 27, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

You might also like

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Abanyamulenge bari batuye mu mujyi wo mu Cakunzo birukanwe bajanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu, ku mpamvu z’ubutegetsi bw’iki gihugu bubonamo Abanyamulenge intambara ibera muri Congo aho ingabo z’iki gihugu zagiye kurwanya umutwe wa m23.

Ni ejo hashyize Abanyamulenge birukanwe mu mujyi wa Cankuzo, ndetse n’abanyeshuri bateshwa amashuri yabo.

Minembwe.com yamenye ko muri uriya mujyi wari utuyemo ingo z’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo, kandi zose zavanyweyo, zijanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu iherereye muri iyi ntara.

Umwe mu birukanwe yagize ati: “Abanyamulenge twari dutuye mu mujyi wo mu Cakunzo twirukanwe twese. Batujanye mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu.”

Yakomeje avuga ko ikibabaje ngo n’uko n’abanyeshuri bigagaga bateshejwe amasomo yabo.

Ati: “Abanyeshuri bateshejwe amasomo.”

Mu kwezi gushyize naho kandi Leta y’iki gihugu yirukanye ingo z’Abanyamulenge zibarirwa muri magana atatu mu mujyi wa Muyinga, zoherezwa mu makambi y’impunzi atandukanye ari muri iki gihugu.

iki gihugu mu kwirukana impunzi mu mijyi ngo biri mu kwikingira umutekano, nk’uko abategetsi bagenda babigaragaza.

Kuva iki gihugu cyohereza ingabo zacyo mu Burasizuba bwa RDC ku rwanya umutwe wa m23, cyahise cyinjira mu mutekano muke. Ni nyuma y’aho izo ngabo zacyo zagiye zikubitwa inshuro n’uwo mutwe uwo u Burundi bobonamo Abanyamulenge.

Nk’uko bizwi izo ngabo zataye umujyi wa Bukavu nyuma yuko kandi zitaye n’uwa Goma, ikaza gufatwa na m23. Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe barasatira gufata n’umujyi wa Uvira uherereye mu ntera y’i birometero 27 uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Usibye kwirukana Abanyamulenge mu mijyi, banafungwa byahato nahato, kandi ahanini ugasanga ntacyaha bazize, usibye amasura yabo n’ururimi bavuga rw’ikinyamulenge kuko rufitanye isano ryahafi n’ikinyarwanda urwo u Burundi buzira kuruta ibindi byose.

Ibi bituma u Burundi bwikeka ko bushobora guterwa umwanya uwo ari wo wose, kuko bwagiye gufasha igisirikare cya Congo kurwanya m23 kandi igisirikare cyabwo kidafite ingufu zokurwanya uwo mutwe.

Tags: AbanyamulengeCankuzoUmutekano
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!

Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?