• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abanyamulenge bari batuye mu mujyi wo mu Cakunzo birukanwe bajanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu, ku mpamvu z’ubutegetsi bw’iki gihugu bubonamo Abanyamulenge intambara ibera muri Congo aho ingabo z’iki gihugu zagiye kurwanya umutwe wa m23.

Ni ejo hashyize Abanyamulenge birukanwe mu mujyi wa Cankuzo, ndetse n’abanyeshuri bateshwa amashuri yabo.

Minembwe.com yamenye ko muri uriya mujyi wari utuyemo ingo z’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo, kandi zose zavanyweyo, zijanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu iherereye muri iyi ntara.

Umwe mu birukanwe yagize ati: “Abanyamulenge twari dutuye mu mujyi wo mu Cakunzo twirukanwe twese. Batujanye mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu.”

Yakomeje avuga ko ikibabaje ngo n’uko n’abanyeshuri bigagaga bateshejwe amasomo yabo.

Ati: “Abanyeshuri bateshejwe amasomo.”

Mu kwezi gushyize naho kandi Leta y’iki gihugu yirukanye ingo z’Abanyamulenge zibarirwa muri magana atatu mu mujyi wa Muyinga, zoherezwa mu makambi y’impunzi atandukanye ari muri iki gihugu.

iki gihugu mu kwirukana impunzi mu mijyi ngo biri mu kwikingira umutekano, nk’uko abategetsi bagenda babigaragaza.

Kuva iki gihugu cyohereza ingabo zacyo mu Burasizuba bwa RDC ku rwanya umutwe wa m23, cyahise cyinjira mu mutekano muke. Ni nyuma y’aho izo ngabo zacyo zagiye zikubitwa inshuro n’uwo mutwe uwo u Burundi bobonamo Abanyamulenge.

Nk’uko bizwi izo ngabo zataye umujyi wa Bukavu nyuma yuko kandi zitaye n’uwa Goma, ikaza gufatwa na m23. Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe barasatira gufata n’umujyi wa Uvira uherereye mu ntera y’i birometero 27 uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Usibye kwirukana Abanyamulenge mu mijyi, banafungwa byahato nahato, kandi ahanini ugasanga ntacyaha bazize, usibye amasura yabo n’ururimi bavuga rw’ikinyamulenge kuko rufitanye isano ryahafi n’ikinyarwanda urwo u Burundi buzira kuruta ibindi byose.

Ibi bituma u Burundi bwikeka ko bushobora guterwa umwanya uwo ari wo wose, kuko bwagiye gufasha igisirikare cya Congo kurwanya m23 kandi igisirikare cyabwo kidafite ingufu zokurwanya uwo mutwe.

Tags: AbanyamulengeCankuzoUmutekano
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!

Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?