Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 27, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

You might also like

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Abanyamulenge bari batuye mu mujyi wo mu Cakunzo birukanwe bajanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu, ku mpamvu z’ubutegetsi bw’iki gihugu bubonamo Abanyamulenge intambara ibera muri Congo aho ingabo z’iki gihugu zagiye kurwanya umutwe wa m23.

Ni ejo hashyize Abanyamulenge birukanwe mu mujyi wa Cankuzo, ndetse n’abanyeshuri bateshwa amashuri yabo.

Minembwe.com yamenye ko muri uriya mujyi wari utuyemo ingo z’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo, kandi zose zavanyweyo, zijanwa mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu iherereye muri iyi ntara.

Umwe mu birukanwe yagize ati: “Abanyamulenge twari dutuye mu mujyi wo mu Cakunzo twirukanwe twese. Batujanye mu nkambi y’i mpunzi ya Kavumu.”

Yakomeje avuga ko ikibabaje ngo n’uko n’abanyeshuri bigagaga bateshejwe amasomo yabo.

Ati: “Abanyeshuri bateshejwe amasomo.”

Mu kwezi gushyize naho kandi Leta y’iki gihugu yirukanye ingo z’Abanyamulenge zibarirwa muri magana atatu mu mujyi wa Muyinga, zoherezwa mu makambi y’impunzi atandukanye ari muri iki gihugu.

iki gihugu mu kwirukana impunzi mu mijyi ngo biri mu kwikingira umutekano, nk’uko abategetsi bagenda babigaragaza.

Kuva iki gihugu cyohereza ingabo zacyo mu Burasizuba bwa RDC ku rwanya umutwe wa m23, cyahise cyinjira mu mutekano muke. Ni nyuma y’aho izo ngabo zacyo zagiye zikubitwa inshuro n’uwo mutwe uwo u Burundi bobonamo Abanyamulenge.

Nk’uko bizwi izo ngabo zataye umujyi wa Bukavu nyuma yuko kandi zitaye n’uwa Goma, ikaza gufatwa na m23. Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe barasatira gufata n’umujyi wa Uvira uherereye mu ntera y’i birometero 27 uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Usibye kwirukana Abanyamulenge mu mijyi, banafungwa byahato nahato, kandi ahanini ugasanga ntacyaha bazize, usibye amasura yabo n’ururimi bavuga rw’ikinyamulenge kuko rufitanye isano ryahafi n’ikinyarwanda urwo u Burundi buzira kuruta ibindi byose.

Ibi bituma u Burundi bwikeka ko bushobora guterwa umwanya uwo ari wo wose, kuko bwagiye gufasha igisirikare cya Congo kurwanya m23 kandi igisirikare cyabwo kidafite ingufu zokurwanya uwo mutwe.

Tags: AbanyamulengeCankuzoUmutekano
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza. Umunyabanga mukuru w'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'igifaransa(OIF), Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afrika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n'abo...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!

Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?