• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare bayobowe na Lt.Gen. Masunzu, basahuye n’abaturage bitakekwa ko bosahura!
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Mu Kibaya cya Rusizi muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 27/02/2025, habyukiye imirwano iremereye, aho ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa m23 ugize igihe ujegajeza ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Imirwano iri kubera mu duce twinshi two muri iki Kibaya cya Rusizi, harimo agace ka Luvungi, Katogota, Itara, Mirungu n’utundi duce two muri ibyo bice.

Amakuru avuga ko abarwanyi bo muri m23 bari gukubita kubi ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, kuko abari muri ibyo bice bavuga ko abarimo iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo bari guhunga cyane berekeza i Uvira.

Ati: “M23 ishoreye ihuriro ry’ingabo za Congo, ririmo gukizwa n’amaguru rihungira i Uvira.”

Ni mu gihe aka gace ki Kibaya cya Rusizi gaherereye mu ntera itari ndende uvuye mu mujyi wa Uvira.

Imirwano hagati y’izi mpande zombi zihanganye, yaherukaga ubwo abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 bafataga centre ya Walungu.

Iyi mirwano ibaye mu gihe u Burundi bwari bwaraye bucyuye abapolisi ba Congo bari barahungiye mu gihugu cyabo bavuye i Uvira no muri ibi bice byo mu Kibaya cya Rusizi.

Nk’uko amakuru abivuga nuko abapolisi bacyuwe bagera kuri 600.

Aya makuru agira ati: “Abapolisi ba Congo bagera kuri 600 bari barahungiye ku kibuga cy’umwami i Murambya(hagati mu Burundi), basubijwe i Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo.”

Ni amakuru anavuga ko ibyo gucyura aba bapolisi byakozwe mw’ibanga rikomeye hagati y’u Burundi na Congo.

Nyamara ikitaramenyekana ni uko aba bapolisi boba barashubijwe imbunda n’imodokari zabo binjije muri iki gihugu, kuko ubwo binjiraga babyatswe byose.

Mu gihe m23 yafata iki Kibaya cya Rusizi, nta gushidikanya yahita yinjira no mu mujyi wa Uvira n’ubundi bariya bari barahungiye i Burundi bakongera bakabuhungiramo.

Ikindi nuko umujyi wa Uvira wakunze kuvugwamo ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge, aho Leta y’iki gihugu n’abakorera mu kwaha kwayo babatoteza bakanabica, kubera isura yabo n’ururimi bavuga rw’ikinyamulenge rufitanye isano ryahafi n’ikinyarwanda.

Kimwecyo nta gice na kimwe m23 yari yahanganiramo n’uruhande rwa Leta y’i Kinshasa ngwibure ku gifata.

Mbere yuko aba barwanyi ba m23 bafata centre ya Walungu yavuzwe haruguru bari babanjye gufata Kamanyola, iyo nayo bafashe nyuma yogufata umujyi wa Bukavu.

Tags: FardcIhuriro ry'ingabo za CongoM23
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Agezweho i Uvira muri Kivu y'Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?